Umuhanzi w’Icyamamare muri Amerika DMX yitabye Imana
— April 10, 2021
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa gatanu tariki 9 Mata 2021 mu masaha y’ikigoroba nibwo havuzwe inkuru y’incamugongo ku bahanzi n’abakunzi ba muzika ivuga ko umuhanzi DMX yitabye Imana.
Ibinyamakuru bitandukanye byavuze ko azize indwara y’umutima ko wahagaze ariko hari n’abantu bavuze ko amaze iminsi arembye azira ibiyobyabwenge.Abahanzi benshi muri Amerika bakunda gukoresha ibiyobyabwenge ndetse n’urubyiruko bigahitana ubuzima bwabo.
Mu bandi bahanzi bivugwa bahitanywe n’ibiyobyabwenge harimo Whitney Houston nawe yararyamye umutima urahagarara.
DMX akaba yarafite indirimbo nyinshi ariko iyamenyekanye cyane n’iyitwa Ruff Ryders’Anthem ,Party up,Slippin,Lord give me a sign n’izindi zitandukanye ,akaba apfuye afite imyaka 50.




Urupfu rwa DMX uzwi ku mazina ye y’ababyeyi bamwise Earl Simmons rukaba rwatangajwe n’umuryango we aho wagize uti tubabajwe bikomeye nogutangaza urupfu rw’umukunzi (loved one)upfuye afite imyaka 50.
DMX akaba yapfiriye mu bitaro byitwa White Plain aho yari yaragiye kuvurirwa mu cyumweru gishize akaba yarajyanyweyo kubera ikibazo cy’umutima.DMX akaba assize abana 15,Imana imwakire mu bayo kandi imuhe iruhuko ridashira.
2,629 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply