Umukobwa ufite inzara ndende ku isi yaziciye nyuma y’imyaka 30
— April 10, 2021
Please enter banners and links.

Nyuma yo guca agahigo ko kugira inzara ndende ku isi Ayanna Williams yamaze kuzica aka kagahigo akaba yaragishyizeho mu 2017 ariko akaba yarateretse inzara guhera mu 1990. Ayanna Williams mbere yo gukata inzara yari afite muri weekend ishize zareshyaga 24 ft 0.7 inches.
Uyu mukobwa yasuye muganga Dr. Allison Readinger mu bitaro bya Trinity Vista Dermatology muri Fort Worth i Texas wakoresheje amashine ikoresha umuriro w’amashanyarazi kugirango akate inzara yaramaranye imyaka hafi 29.
Abajijwe uko yiyumva nyuma yo gukata inzara ze yagize ati mfite amarangamutima avanze kuba umwana wanjye agiye ariko niteguye gukomeza ubuzima bushya.Yakomeje abwira abantu ati numvaga nzirambiwe igihe cyazo cyari kigeze ko zigenda reka zigende.

3,758 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply