Zuena umugore wa Bebe Cool na Barbie umugore wa Bobi Wine nabo baba bahanganye nk’abagabo babo ariko bo ni mu bucuruzi.Menya ibyo bacuruza n’uburyo bahanganye
— May 12, 2020
Please enter banners and links.

Zuena Kirema n’umugore wa Bebe Cool akora ubucuruzi bw’imitako aho akodeshwa mu bukwe ndetse n’indi mikoro itandukanye kubakorera imitako (Decoration).
Amakuru yavugaga ko umugore wa Bebe Cool ariwe Zuena Kirema ari mu marushwana y’ubucuruzi (Competition)n’umugore wa Bobi Wine ariwe Barbie Itungo mu ibanga ariko akaba yavuze ko kuba bakora ubucuruzi bumwe na murumuna we bitavuze ko bari mu marushanwa ati “Itangazamakuru niryo rishaka kubigira uko babishaka ariko mfite abakiriya banjye na Barbie afite abe kandi twese turakora neza nta kibazo”.

Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

Barbie Itungo umugore wa Bobi Wine

Abahabo baba bagore nabo bahora bahanganye mu muziki aho umwe avuga ko ari we wa mbere mu kugira umuziki ukunzwe cyane ndetse hakaba n’impaka zo guhangana urusha undi ubukire ariko ibyinshi Bobi Wine aza ku mwanya wa mbere kuko ararenze ni mazzi mawanvu nkuko yabiririmbye mu ndirimbo ye yise nze ndi mazzi mawamvu bishatse kuvuga ko arenze.
Ikindi ni uko aba bagabo n’ubwo abagaore babo bahanganye mu bucuruzi bo binjiye muri politike ubu niho bahanganye bikomeye ariko n’ubundi Bobi Wine agatsinda Bebe Cool kuko ubu Bobi Wine yabaye Umudepite kandi agakurira abitwa People Power aho ashaka kuziyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Uganda umwaka utaha mu gihe Bebe Cool we ari uwo muri Movement Ishyaka riri kubutegetsi akaba ashyigikiwe cyane na Perezida Museveni ndetse uyu Bebe Cool nawe akaba ayobora ikitwa Silent Majority bivuze ngo benshi bicecekeye bishatse kuvuga ko aba NRM ari bo benshi kurusha People Power kuko byavugwaga ko People Power ya Bobi Wine ariyo ifite abantu benshi.
Kuri aba bagore bombi twatangiye tuvuga Zuena Kirema na Barbie Itungo habaye impaka zo kuvuga ngo ni nde uruta undi ubwiza ,ibyo nabyo biracyari aho nta uramenya urusha undi ubwiza ariko bivugwa ko Zuena ashobora kuba aruta Barbie ariko abandi bakavuga ko Barbie ari we number one.
Noella
4,339 total views, 5 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply