Akabari kitwa Top Chef Nyabugogo kagezweho mu gushimisha abataramirayo hari abana bazi kubyina wareba nawe ugashima
— November 19, 2019
Please enter banners and links.

Muri iki gihe abantu ntibagikunda kujya mu tubari kunywa inzoga gusa kuko abazi business bakora ibishimisha abakiriya babo aribo Top Chef Nyabugogo bahisemo kubazanira abana bazi kubyina.
Muri Top Chef Nyabugogo bakora buri munsi kandi bakira neza abakiriya ndetse bagira na Restaurant bityo bakaba barasanze ibyiza ari ugushakira abakiriya babo ibyabashimisha mu gihe bafata agacupa kugirango karusheho kuryoha ari uko baba bareba abana beza babakobwa n’abahungu bababyinira.
Umwe mu bakiriya bakunda kunywera muri Top Chef Nyabugogo witwa Papius yagize ati “Abantu dukunda ibyiza njye n’iyo mpamvu naje kunywera hano kuko hari ibyiza nkunda kandi mbona bigezweho kandi bijyanye n’igihe .Kujya mu kabari ukanywa inzoga gusa ntacyo bimaze ariko iyo unywa icupa ryawe ureba abana babyina neza imbere yawe uranezerwa cyane ndetse na za stress twirirwamo zirashira”.











Abantu benshi muri iki gihe baba biriwe muri rwinshi bashakisha imibereho ndetse bamwe bakagira ibintu byinshi mu mutwe aribyo bituma bamwe barware stress ariko iyo ugiye muri Top Chef Nyabugogo byose urabyibagirwa ku buryo ibyo uhabona byiza bishimishije kureba wamara icyumweru stress yarakuvuyeho umeze neza ariyo mpamvu Top Chef ikora ibishoboka byose mugushimisha ababagana bose.
Top Chef Nyabugogo buri ku cyumweru babazanira n’abahanzi bakomeye cyane b’ibyamamare ,abashaka kujyayo ikaba ihererereye iruhande rw’ishami rya BK na Cogebank .
4,988 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply