Abantu ibihumbi 750 bitabiriye akarasisi ka Liverpool yishimira igikombe cya Champions League (reba Amafoto)
— June 3, 2019
Please enter banners and links.

Nyuma yo kuva muri Spain ubu umujyi wa Liverpool n’ibyishimo gusa ,Abantu basaga ibihumbi 750 ni bo bitabiriye umuhango wo kwishimira igikombe cya UEFA Champions League ikipe ya Liverpool yegukanye ku wa Gatandatu nyuma y’imyaka 14 itagikozaho intoki.
Ikipe y’umutoza Jürgen Klopp yabigezeho ubwo yatsindaga Tottenham ibitego 2-0 mu mukino wabereye kuri Wanda Metropolitano mu Mujyi wa Madrid muri Spain.
Mohamed Salah na Divock Origi batsinze ibitego byombi byabonetse muri uyu mukino wahuje amakipe yo mu Bwongereza mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere i Burayi.
Ubwo Liverpool yishimiraga igikombe kuri iki Cyumweru mu Bwongereza, amagana y’ibihumbi by’abakunzi bayo bari mu muhanda, bafatanya n’abakinnyi kwishima.
Iyi kipe imaze kwegukana Champions League inshuro esheshatu, yari yatsindiwe ku mukino wa nyuma mu nshuro ebyiri ziheruka, aho yatsinzwe na Milan AC mu 2007 ndetse na Real Madrid mu mwaka ushize.




Liverpool umwaka ushize nabwo yagombaga gutwara iki gikombe ariko yavunikishije umukinnyi ukomeye Mo Salah ndetse n’umuzamu wayo agira ikibazo mu mutwe bituma itsindwa na Real Madrid ariko nk’umutoza wagaragaje ko ari umuhanga yashatse kwihorera agura abakinnyi avuga ko noneho umukinnyi umwe n’iyo yagira ikibazo bitabuza abandi gutwara igikombe.
Abantu benshi bemeye ko iyi kipe ya Liverpool ikomeye ubwo yatsindaga Barcelona ibitego 4 byose ku busa.






















3,449 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply