Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa Rwanda Paparazi yasezeranye nk’abazungu n’uwo bazabana akaramata
— November 4, 2017
Please enter banners and links.

Mugisha Frank cyangwa Vd Frank n’umuyobozi wa Rwanda Paparazi ikinyamakuru cyo kuri interinet gikunda kwandika inkuru zigaragaza abakobwa bambaye ubusa abandi basambana n’ibindi nk’ibyo.
Vd Frank yamamaye cyane mu myaka yatambutse ubwo yari umwe mu bahanzi bakomaye icyo gihe, nyuma yaje kuva muri muzika yigira mu byo gukina filime, aba umunyamakuru magingo aya akaba yamaze gusezerana imbere y’amategeko na Chantal bari bamaze imyaka irenga ine bakundana.
Abamuherekeje muri uwo muhango wo gusezerana imbere y’amategeko n’umugore we Chantal bavuga ko yasezeranye nk’abazungu kubera ko hari abantu bacye cyane ndetse hakaba hari n’uwavuze ko iyo haje abantu benshi bitwara amafaranga menshi kandi muri iki gihe amafaranga yarabuze.





Mu bazungu usanga hatumiwe abantu bacye kandi nabo barayicyari ntabyo kuza gusa kurya no kunywa nkuko muri Africa ahenshi bimera.
Mugisha Frank ubu ni we muyobozi w’ikinyamakuru Rwandapaparazzi.rw hamwe na Kigaliwood Photo, kompanyi ikora ibijyanye n’amafoto. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Ugushyingo 2017 ni bwo yasezeranye imbere y’amategeko mu murenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge, nyuma y’uyu muhango hakaba n’imihango yo gusaba no gukwa, mu gihe tariki 05 Ugushyingo 2017 ari bwo hazaba gusezerana imbera y’Imana.
6,437 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply