Abakobwa 2 Charly na Nina bagiye gukora igitaramo cyo kumurika Album yabo ya mbere ‘Imbaraga’
— October 4, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 4 Ukwakira 2017 umwe mu bahanzi bagize itsinda Charly na Nina ariwe Nina yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko bamaze kwemeza no gufata itariki bazamurika Album yabo ya mbere bise imbaraga.
Aba bakobwa 2 bamaze kubaka izina muri muzika nyarwanda ndetse no muri East Africa, aba bakoze indirimbo zagiye zikundwa kuri ubu bagiye gukora igitaramo cyo kumurika ‘Album’ ya mbere yabo aho bamaze gushyira hanze itariki iki gitaramo kizaberaho. Tariki ya 1 Ukuboza 2017 nibwo bazamurikira abakunzi babo Album itegerejwe na benshi.


Aba bahanzi bamamaye cyane mu ndirimbo Indoro bakoranye na Big Fizzo magingo aya ni bamwe mu bahanzikazi bagezweho mu Rwanda, aba bari mu batumirwa cyane mu bitaramo binyuranye kubera ko bafite abafana batari bake. Charly na Nina bakoze ibitaramo binyuranye byaba imbere hano mu gihugu ndetse no hanze yacyo aho bagiye mu bihugu bitandukanye birimo UBurundi, Uburayi, Centre Africa n’ahandi bagiye bajya gutaramira.

Kuri ubu rero aba bahanzikazi bamaze gushyira hanze itariki bazakoreraho igitaramo cyo kumurika Album yabo ya mbere, aha bakaba bazayimurika tariki 1 Ukuboza 2017. Icyakora amakuru bashyize hanze yo ntiyemeza neza aho iki gitaramo kizabera cyangwa andi makuru menshi. Iyi Album ya mbere ya Charly na Nina yitwa ‘Imbaraga’ ikazaba iriho indirimbo nka Bye Bye, Indoro, Agatege, Owooma, Face to Face, Mfata,Zahabu n’izindi batarashyira hanze byitezwe ko zizahita zuzuza indirimbo icumi (10) zizaba ziri kuri iyi Album.
Nina yagize ati “twishimiye kubagezaho Album yacu ya mbere Imbaraga isobanuye imbaraga z’umugore n’uruhare rwe mu iterambere ry’igihugu n’isi muri rusange”.Akomeza avuga ko umugore ashoboye ndetse yakora akazi ako ariko kose.
Noella
2,856 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply