Nizzo yavuze impamvu Safi atamutumiye mu bukwe bwe ndetse Urban Boys ikaba ishobora gusenyuka
— October 4, 2017
Please enter banners and links.

Nshimiyimana Muhammad [Nizzo] ubundi wiyita Kabosi yahamije ko atatumiwe mu bukwe bw’inshuti ye Safi Madiba na Niyonizera Judithe baherutse kurushinga kuwa 1 Ukwakira 2017.
Niyibikora Safi na Niyonizera Judithe babanje gusezerana imbere y’amategeko bemeranya kuzabana akaramata nk’umugabo n’umugore mu muhango wabereye mu Murenge wa Remera mu masaha yabanjirije ibirori byo gusaba umugeni.
Ubukwe bwa Safi na Judithe bwateguwe mu buryo busa n’ubwatunguranye kuri benshi kuko n’ibyo gukundana kwabo byari bimaze iminsi icumi bitangajwe. Safi yakoze ubukwe acungiwe umutekano mu buryo bukomeye, ibi ni nako Knowless [wahoze ari umukunzi we] yabigenje ubwo yarongorwaga mu mpera za 2016.
Ese Safi yikangaga Nizzo?Knowless se yikangaga Safi?gucungirwa umutekano bikomeye ni uko hari icyo uba kwikanga inyuma aribyo abantu bibaza kuko Safi yarongoye umugore wabayeho inshuti ya Nizzo naho Butera Knowless yari inshuti ya Safi.

Nizzo Kaboss
Ubukwe bwa Safi bwatashywe na bake mu nshuti ze za hafi ndetse mu bahanzi bakoranye na we mu myaka amaze aririmba ntibahageze. Yatumiye abahanzi batarenga batanu, mu itsinda rya Urban Boyz haje Humble Jizzo[wari wanamwambariye], Nizzo basanzwe ari inshuti zikomeye ntiyahakandagije ikirenge.
Inkoramutima za Safi mu muziki ntizatashye ubu bukwe! Abenshi bibajije kuri Nizzo inshuti ye basanzwe baririmbana muri Urban Boyz akaba atakandagiye aho ibi birori byabereye.

Safi yambika impeta umugore we
Nizzo ubusanzwe uzwi nk’umwe mu nkoramutima za Safi mu buzima buri hanze y’umuziki ariko ntiyagaragaye ahabereye ubu bukwe. Mu mashusho yashyize hanze, Nizzo yasobanuye ko Safi n’umugore we banze kumutumira bityo na we afata icyemezo cyo kutabutaha.



Yagize ati “Ndabasuhuje mwese, hari inkuru imwe nshaka kuvugaho imaze iminsi isakuza hanze aha. Iby’ubukwe bwa Safi ntabwo njyewe natumiwe, wapi! Kandi kuba ntaratumiwe ni uburenganzira bwabo.”
[Nizzo ahita akunja isura arongera asa n’umwenyura] yongeraho ati “Kandi nanjye ni uburenganzira bwanjye bwo kutajyayo kubera ko ntabwo nari umuvumbyi. Ndakeka ntari umuvumbyi, namwe muri bakuru murumva aho muri”.
Ibyo kudatumirwa kwa Nizzo muri ubu bukwe byaje bibangikanye n’amakuru yahamyaga ko Niyonizera Judithe, umugore wa Safi, akigera mu Rwanda ngo yabanje gukundana n’uyu muhanzi wiyita ‘Kaboss’.
Nizzo yahakanye aya makuru ndetse avuga ko ‘umugore wa Safi atari goût ye’[yumvikanisha ko abameze nka Judithe atari bo bamukurura].
Yagize ati “Ibindi nshaka kuvugaho ndi kumva ngo sinzi umugore we ngo harimo ikintu cyari hagati yanjye na we, rwose wapi! Muri make si na goût yanjye Kaboss, wapi! [Akubita igitwenge]”
Aya makuru kandi yashimangiraga ko Judithe akiva muri Canada ngo yahase Nizzo amusaba ko bakora ubukwe huti huti undi arabyanga bashwana ubwo ahita yunga ubumwe na Safi.
Byatangiye guhwihwiswa ko itsinda rya Urban Boys rigiye gusenyuka hashingiwe ku bimenyetso birimo kugaragara kubera kudatumirwa mubukwe kwa Nizzo bivuze ko batakiri inshuti batakongera no kuririmbana indirimbo nkuko babikoraga.
3,836 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply