Umuhanzi Oda Paccy yifotoje yambaye ubusa abantu batangira kwibaza ubutumwa ashaka gutanga
— September 30, 2017
Please enter banners and links.

Umuraperi Uzamberumwana Pacifique [Oda Paccy] asa n’uwakataje mu kugaragaza ko ari umuntu mushya ndetse ko atari uguta umuco no kwiyandarika nk’uko babimuvugaho bishingiye ku mafoto amaze iminsi ashyira hanze.
Ari mu bindi bihugu yari kwandikwa mu binyamakuru ahantu hose bigatuma aba umusitari n’ubwo mu Rwanda ibinyamakuru byamwanditse,mu Rwanda nta musitari uhaba ariko iyo aza kubikorera ahandi yari kurya hiti nkuko bajya babivuga iyo bashaka kuvuga ko ariwe ugezweho.
Bamwe mu babonye aya maafoto ya Paccy yifotoje yambaye ubusa yikinze urukoma,ku mbuga nkoranyambaga nka za Whatsap na Facebook batangiye kwibaza impamvu yatumye uyu mugore yifotoza yambaye ubusa dore ko ayo mafoto azagera no ku mwana yabyaranye na Lick Lick uba muri Amerika.
Ni kenshi uyu muhanzi yagiye anengwa kubera gushyira hanze amafoto bamwe bafata nk’urukozasoni ariko we akavuga ko ‘abikora abizi neza kandi abigambiriye’.



Yongeye kuvugisha abantu biturutse ku ifoto yakoresheje ku ndirimbo yitegura gusohora yise ‘Order’ [afatanyije na Urban Boyz]. Ku ifoto, Oda Paccy yari yambaye uko yavutse uretse urukoma yakinze ku gice cy’amabere rukanakingiriza hagati y’amaguru.
Oda Paccy ashize amanga, yahamije ko kwifotoza atya ari ibintu yumva ko “bigezweho kandi bigaragaza umwihariko w’umuhanzi”. Ati “Nifotoje gutya kugira ngo nzane impinduka, ibintu bikwiye guhinduka.”
N’ubwo atasobanuye ibyo ashaka ko bihinduka ariko cyera undi muhanzi Riderman yigeze kwifotoza yakoze igitaramo kuri Peti Stade yiziritse iminyururu ku maboko abajijwe n’abanyamakuru avuga ko muzika nyarwanda ikiboshye yifuza ko ibohorwa none Paccy we kwifotoza yambaye ubusa yifuza ko ibintu bihinduka gute?.
Kuri iyi foto, Paccy yari yiyambuye byose uhereye ku musatsi kugeza ku mano. Mu kugerageza guhisha ubwambure, yagerageje gusa n’utsindagira ikiganza ahegereye imyanya y’ibanga ariko ahandi hose hararangaye.
Uyu muraperi usigaye yifotoza mu buryo bushotora abamukurikira ndetse bigatuma bamutindaho bamuvuga, aya mafoto y’ubwambure yayifotoreje kuri Stipp Hotel mu Kiyovu.
Paccy ati “Mu kwifotoza nagerageje gushaka ahantu hajya kuba nk’agashyamba mbese hasa icyatsi, hariya hari hajyanye n’ibyo nifuzaga kugeraho. Ni mu Kiyovu kuri Stipp Hotel.”
Ubwo bari mu gikorwa cyo gufata aya mafoto, bisa n’ibyari ihurizo ku mufotozi! Oda Paccy abajijwe uko yabigenje[mu mwambaro wa Eva] kugira ngo abashe guhagarara imbere y’umusore ntamurunguruke, atazuyaje ati “Naramubwiraga akipfuka mu maso nkabanza ngatunganya ikoma neza ubundi agafotora.”
Yongeyeho ati “No kwambara kuriya nta kindi nari ngamije, byari uguteza imbere gahunda ya Made in Rwanda. Nonese kuki abanyamideli biyerekana bambaye ibirere mukabona ari byiza? Nanjye nibyo nahisemo kandi byari byiza.”
3,099 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply