Irebere uburyo umukinnyi Saido Mane yakomerekeje umuzamu wa Man City agahabwa umutuku.
— September 13, 2017
Please enter banners and links.

Saido Mane n’umukinnyi wa Liverpool ukomoka mu gihugu cya Senegal akaba yarahawe ikarita y’umutuku mu gice cya mbere cy’umukino wabahuzaga na Man City kuwa gatandatu w’icyumweru gishize ubwo Man City yatsindaga ibitego 5 ku busa bwa Liverpool.
Abahanga mu mupira w’amaguru abenshi barimo Henry Thiery wakiniraga ikipe ya Arsenal na Barcelona,Gary Neville n’abandi batandukanye bavuze ko Saido Mane atari akwiye guhabwa ikarita y’umutuku abandi bati yari ayikwiye.



Uburyo yahawe ikarita byatewe n’uburyo umuzamu yasohotse yihuta na Saido Mane aza yihuta areba umupira hejuru yazamuye ukuguru urukweto rukubita umuzamu wa Man City ku musaya arakomereka cyane bituma asimburwa.Ikipe ya Liverpool yasabye FA ko yagabanya ibihano byahawe umukinnyi wa Liverpool byagabanywa kuko yahanishijwe gusiba imikino 3 yose.FA Ikaba yamaze no gutesha agaciro ubusabe bwa Liverpool bwo kugabanya ibihano byahawe umukinnyi wabo.
Ndayambaje F
2,279 total views, 1 views today

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Gen Kayumba Nyamwasa yarakaye cyane nyuma yo kumva Perezida Kagame avuga uko abahungu be yabinjije mu giusirikare(Vedio)
Impamvu Gen Nyamvumba yambwiye umunyamakuru Rutareka ko ari umwanzi w’Igihugu kurusha Gen Kayumba Nyamwasa (Vedio)
Pastor Kibonge yiyahuye yitwitse kubera umugore,Sandra Teta n’umugabo we bongeye ,Umunyamakuru Kamanzi yatorokeye Uganda(Video)
Joseph Kabila yakatiwe kwicwa ibyo azira byose twabimenye n’uburyo agiye gufatwa(Video)
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umukobwa witwa Pia Pound umaze iminsi yaratwaye Eddy Kenzo umutima, abandi basore baramurwanira ariko aruta Rema ubwiza?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply