umu amakuru- Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he? | Umusingi

Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?

Please enter banners and links.

Abanyarwanda bo mu gihugu cya Uganda bitwa Ugandan Banyarwanda Umubano  bongeye gushwana ndetse bacikamo ibice nyuma y’uko cyera byigeze kubaho Nyakwigendera Kamuhangire ubwo atumvikanye n’Umusaza Kananura bityo atangiza Umubano we.

Kuri Ubu Chairman Kayitana Siman hari abayobozi bamwe yavanye ku rubuga rwa whatsapp ndetse asigara ari admin wenyine ikintu bamushinja gutegekesha igitugu.

Bamwe mu bo yirukanye ku rubuga bahise bakora urundi rwitwa Ugandan Banyarwanda group B urwo bari bariho bose rwitwaga Group A ariko abari abayobozi bafanije na Kayitana bose bahise bajya kuri group B .Ikibazo gihari abantu bibaza ikibazo cy’Abanyarwanda kudahuza kizakemuka?gute?ryari?ko abanyarwanda bafite ibibazo byo kwimwa ubwenegihugu bakaba badahabwa ibyangombwa nka Passport n’Indangamuntu.

Byose mubyumve mu kiganiro

619 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.