Gowa Sirajje arasaba uwaba yaramuroze guhora ubugabo bwe bushaka imibonampuzabitsina kumara imyaka 26 ko yamubabarira
— July 12, 2017
Please enter banners and links.

Umugabo witwa Gowa Sirajje amaze imyaka 26 aryamye ,iyo ashaka kota izuba baramuterura bakamujyana hanze akaba yarwaraye pararize amaguru yombi.
Sirajje avuga ko mbere yari muzima ,uburwayi yagize bwo guhora ubugabo bwe (Penis)buhora bushaka imibonano mpuzabitsina kumara imyaka 26 kuko bwamufashe afite imyaka 20 kugeza n’uyu munsi baragerageje kumuvuza biranga.
Sirajje yagize ati “ndasaba umuntu wese waba yarandoze kuko njye nsanga ari umuntu narongoreye umugore akandoga ko yambabarira nkasaba abantu ko bamfasha kuko ubuzima butoroshye no kubona ifunguro biragoye cyane nkaba nsaba umuntu wese ugira umutima ufasha ko yamfasha”.
Sirajje iyo avuga ubona igihimba cyo hejuru ari muzima ndetse avuga ukumva asa n’utarwaye ariko amaguru ye yaranyunyutse ndetse n’ubugabo bwe buhora buhagaze.
Muhungu John –Kampala
3,006 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply