Ibimenyetso ko Ivan Semwenga atapfuye hari umuzungukazi wamwishyuzaga akayabo
— June 18, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko umuherwe Ivan Semwanga atapfuye ahubwo yakoze biriya kugirango ideni ry’umuzungukazi abone uko arikira.
Umwe mu bantu bakurikiranye ibya Ivan Semwanga wahoze ari umugabo wa Zari bafitanye abana 3 utarashatse ko amazina ye avugwa avuga ko atapfuye ati “ni nde wigeze abona umurambo wa Ivan Semwanga bamwerekana no mu rusengero ko hakoreshejwe kasike(casque)abantu bose bagiye buri umwe yavugaga ibye”.
Uwo muntu yakomeje avuga ati mwigeze mubona abana be barira?ko abandi bagabo bapfa abana bakarira aba Ivan Semwanga mwigeze mu bona barira ko ari umupangu bari baziranyeho na se.

Hano basezera kuri Ivan Semwanga


Ayo niyo mafoto bavuga yatanze amafaranga mu bitaro kugirango abantu bavuge ko yari arembye

Abana ba Ivan ubona ku maso yabo batagaragaza akababaro ko gupfusha se

Ivan Semwanga na Zari wahoze ari umugore we
Amakuru yandi aturuka muri Afurika y’Epfo avuga ko Ivan Semwanga yari afite ideni ry’umuzungukazi tutaramenya amazina ye akaba atari afite amafaranga yo kumwishyura kandi abantu bamuziho ko ari umuherwe atabura ayo kwishyura akumva ko abahungu b’uwo muzungu bazamujyana mu nkiko agaseba ahitamo guhimba kuvuga ko yapfuye kugirango abamwishyuza batazongera kumwishyuza kuko bazaba babonye ko yapfuye ndetse yashyinguwe.
Umunyamakuru wo muri Uganda witwa Joseph yavuze ko hari umuntu muri Afurika y’Epfo wamuhamagaye kuri Telephone ye igendanwa amubwira ko yihuta akajya ku kibuga cy’indege agakuraho agapapuro kari ku isanduka y’umurambo bitaga ko ari uwa Semwanga ariko umunyamakuru yagiye kuhagera ba kanyama (abagabo bakodeshwa bibigango bafite imbaraga)barimo kukarwanira ibyo nabyo kikaba kimwe mu bimenyetso ko ibivugwa ko atapfuye ari ukuri.
Ikindi kimenyetso ni uburyo imva ya Ivan Semwanga yahise ishyirwaho uburinzi bukomeye na polisi kugirango hatagira uza agacukuru bagasanga ataari we washyinguwe bigateza ikibazo ku buryo no kugeza uyu munsi imva iracyarinzwe.
Ndetse na Zari abamurebaga bavugaga ko wabonaga adasa n’umuntu wapfushije umugabo babyaranye ku buryo na Se wa Ivan yamushinjije mu bantu ko batishimiye imyitwarire ye ati “wabonaga aho yari yicaye aseka n’abantu be mu gihe abandi wabonaga barira bafite akababaro nabyo abantu bakaba bavuga ko impamvu Zari atababaye ari uko yarazi umupangu.
Ibijyanye n’amafoto yerekanwaga kuri interineti ya Ivan Semwanga ,abantu bavuga ko ariya ari amafoto yagiye agatanga ruswa bakamufotora ari mu bitaro arembye ,abandi bakavuga ko ariya yari amafoto ye ya cyera.

Zari ari kumwe n’umukunzi we umuhanzi Diamond

Ubu Zari akaba yaratandukanye na Ivan Semwanga akaba yarashakanye n’umuhanzi wo muri Tanzania Diamond bafitanye abana babiri.
Muhungu John-Kampala
3,901 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply