Menya Itsinda ritanga Serivise nziza mu Rwanda ,abafite ubukwe cyangwa indi mihango mwabifashisha
— November 29, 2021
Please enter banners and links.

Ahantu henshi usanga gutanga Serivise nziza ari ikibazo ariko ubu mu Rwanda hari itsinda ryaje gucyemura ikibazo cya Serivise ku buryo ubifashishije wese asigara ashima Serivise nziza batanga.
Umwe mu bagize iri tsinda aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yagize ati “Dutanga Serivise nziza twifuza ko Ikinyamakuru Umusingi gitangariza Abanyarwanda mu gihugu hose ko uwadukenera yatumenyesha tukamufasha mu guha abamugana mu mihango itandukanye tukamufasha ku buryo abantu be bagenda bishimira kwakirwa neza”.



Abafite ubukwe cyangwa indi mihango itandukanye bashobora kutwifashisha kuko turi aba mbere mu gihugu guha Abanyarwanda Serivise nziza.
3,313 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Itangazo ryo guhinduza amazina
Itangazo ryo guhinduza amazina
ITANGAZO RYO GUHINDURA AMAZINA
ITANGAZO RYO GUHINDURA AMAZINA
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply