Maurizio Sarri watozaga Juventus yirukanywe nyuma yo gusezerwa muri Champions League nta n’umunsi umwe urenzeho
— August 8, 2020
Please enter banners and links.

Umutoza wa Juventus Maurizio Sarri yirukanywe nta n’umunsi umwe urenzeho ikipe ye isezerewe nyuma yo gusezererwa na Lyon yo mu Bufaransa muri Champions League, ibi byatangajwe kuri wa Gatandatu. Umukino wahuje aya makipe yombi wabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu, warangiye ari ibitego 2-1, mu gihe uwabanje wari warangiye ari 1 cya Lyon ku busa bwa Juventus F.C.
Byose hamwe byarangiye ari ibitego 2-2, kuba Juventus yatsindiwe mu rugo byatumye itarenga 1/8.
Nkuko byatangajwe na Juventus yagize iyi ” Juventus Football Club iramenyesha ko Maurizio Sarri yavanywe kumwanya wo kuba umutoza wambere w’ikipe.”
Ikipe irashimira umutoza kuba yaranditse amateka mashya muri Juventus yo gutwara igikombe ku nshuro ya cyenda yikurikiranya, ”
Sarri avuye muri Juventus atsinze imikino 34 muri 51 yakinye, umunani yarayinganyije naho icyenda arayitsindwa. Amanota yose hamwe yagize muri uyumwaka w’imikino (Serie A) ni 83.


Juventus kandi yabuze igikombe kirutwa ibindi mu gihugu cy’ubutaliyani ‘Italian Supercup’ nigikombe cy’igihugu ‘Coppa Italia’ cyatwawe na Napoli.
Nyuma y’umukino wanyuma Sarri yagize ati “ iyonza kubantababajwe no kuvamo, nakabaye kuba nishimye kubw’umukino twakinye.”
Yakomeje avugango “ mubyukuri nariniteze bike kuritwe, ndatekereza twakinye umukino mwiza. Twaguye muri penariti yatumye tubura imitwe yacu kandi twari dufite amahirwe nkatatu igihe twatsindaga 2-1”
Maurizio Sarri asezerewe muri Juventus amazemo umwaka. Yaje muri Juventus muri 2019-2020 nyuma yo kuva muri Chelsea 2018-2019.
Maurizio Sarri yavutse 1959 akaba afite imyaka 61.
2,555 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply