umu amakuru-    The Warrior Race umukino w’ibigeragezo utamenyerew mu Rwanda watangijwe | Umusingi

img_1499-2 img_1041    The Warrior Race umukino w’ibigeragezo utamenyerew mu Rwanda watangijwe

Please enter banners and links.

img_1499-2

img_1041

 

 

Abantu benshi bari bategereje kureba uyu mukino kuko ibyo bigeragezo abenshi ntabyo bari bazi ndetse babitekerezagaho uburyo abantu bazarushanwa n’ibigeragezo bazahura nabyo bikabayobera.
Byashyize iryo rushanwa riratangizwa ndetse ryitabirewe n’abantu benshi ,abatsinze bakaba bahembwe ibihembo bitandukanye birimo itike y’indege kujya gutembera Dubai na Africa y’Epfo na za Telephone zigezweho.

img_1427
Umuyobozi wa WAKA Fitness, Dennis Dybdal yavuze ko bishimiye uburyo irushanwa ryitabiriwe ku rwego rukomeye ku nshuro ya mbere, ngo byagaragaje ko mu myaka itaha rizakomera cyane ndetse ngo barifuza kurigira mpuzamahanga.
Iri n’irushanwa risaba ubwenge bwinshi ndetse n’imbaraga kuko udafite kimwe muribyo ntiwarishobora.
Igishimishije muri uwo mukino n’ubwo akenshi abakobwa batinya ibintu bisaba imbaraga nyinshi ariko hari abawitabiriye bigaragaza ko ubutaha baziyongera bakaba benshi cyane.
Reba amafoto uko byari byifashe muri uwo mukino w’ibigeragezo.

img_1281-2 img_0991-2 img_1032

img_0985 img_0976-3 img_0970-3 img_0963-2 img_1142 img_1152

2,217 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.