The Warrior Race umukino w’ibigeragezo utamenyerew mu Rwanda watangijwe
— March 21, 2016
Please enter banners and links.


Abantu benshi bari bategereje kureba uyu mukino kuko ibyo bigeragezo abenshi ntabyo bari bazi ndetse babitekerezagaho uburyo abantu bazarushanwa n’ibigeragezo bazahura nabyo bikabayobera.
Byashyize iryo rushanwa riratangizwa ndetse ryitabirewe n’abantu benshi ,abatsinze bakaba bahembwe ibihembo bitandukanye birimo itike y’indege kujya gutembera Dubai na Africa y’Epfo na za Telephone zigezweho.

Umuyobozi wa WAKA Fitness, Dennis Dybdal yavuze ko bishimiye uburyo irushanwa ryitabiriwe ku rwego rukomeye ku nshuro ya mbere, ngo byagaragaje ko mu myaka itaha rizakomera cyane ndetse ngo barifuza kurigira mpuzamahanga.
Iri n’irushanwa risaba ubwenge bwinshi ndetse n’imbaraga kuko udafite kimwe muribyo ntiwarishobora.
Igishimishije muri uwo mukino n’ubwo akenshi abakobwa batinya ibintu bisaba imbaraga nyinshi ariko hari abawitabiriye bigaragaza ko ubutaha baziyongera bakaba benshi cyane.
Reba amafoto uko byari byifashe muri uwo mukino w’ibigeragezo.


3,264 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply