Nyanza: Abafungwa babiri barwanye umwe arapfa
— July 29, 2017
Please enter banners and links.

Mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Nyakanga 2017 umugororwa witwa Minani Frodouard yarwanye na mugenzi we bari bafunganye muri gereza ya Nyanza bimuviramo gukomereka ajyanwa kwa muganga ariko uyu munsi yitaba Imana.
Umuvugizi w’urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa, SIP Sengabo Hilary yabwiye itangazamakuru ko aba bagororwa barwanye mu masaaha ya saa yine (22h00) z’ijoro.
Avuga ko uyu witabye Imana yari yakomeretse cyane akaza kujyanwa mu bitaro bya Nyanza akaza gushiramo umwuka.
Ubuyobozi bwa RCS buvuga ko nta gikuba kigeze gicika muri iyi gereza ya Nyanza, bukavuga ko icyateye aba bagorwa gushyamirana no kurwana kiri gukorwaho iperereza.
3,404 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply