umu amakuru- Yabyaranye n’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure ariko kugirango adafungwa arogesha umwana we arapfa | Umusingi

Yabyaranye n’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure ariko kugirango adafungwa arogesha umwana we arapfa

Please enter banners and links.

Umugabo yabyaranye n’umukobwa utarageza imyaka y’ubukure mu gihe bari bagiye kumufata aratoroka ageze muri Uganda ashaka abajyanama uburyo yakira gufungwa kubera ko yari umuherwe ashaka gukomeza akazi ke.

Inama bamugiriye kugirango akire gufungwa ni uko bamubwiye ko agombaga gukora ibishoboka byose uwo mwana agapfa kuko azashobora kwihakana uwo mwana ko atari uwe.

Umugabo amazina ye yagizwe ibanga yakoze ibyo bamubwiye umwana aramurogesha arapfa hanyuma aragaruka kubera ko batakoze gupima amaraso yabo bombi ababyeyi b’umugore babyaranye baramurega ageze mu rukiko arabihakana ati n’iki cyerekana ko uwo mwana ari uwanjye?.

Umugabo yari yarataye umugore n’bana aratoroka ariko uwo mwana yari yarabyaranye n’uwo mukobwa nawe amazina ye yagizwe ibanga yaragarutse aratsinda asubira mu rugo rwe ubuzima burakomeza.

Umugabo yacuruzaga iduka rimwe na rimwe akarara acuruza umugore we iyo yabonaga atatashye yabaga azi ko ari mu iduka acuruza naho umugabo yabaga yiraraniye n’uwo mukobwa wari utarageza imyaka y’ubukure ari naho yamutereye inda.

2,641 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.