Umukandida Dr.Frank Habineza n’umugore we wavuye muri Sweden bishimiye uburyo Abanyarusizi baje mu kwiyamamaza kwe ari benshi bamusezeranya kumutora
— July 14, 2017
Please enter banners and links.

Dr.Frank Habineza uharagarariye Ishyaka rya Democratic Green Party na Madam we wari waturutse mu gihugu cya Sweden batangiriye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu Karere ka Rusizi uyu munsi Kuwa 14 Nyakanga 2017 akaba yishimiye uburyo Abanyarusizi bitabiriye gahunda ye yo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ndetse bamwizeza kuzamutora.
Umukandida Dr.Frank Habineza nyuma yo kwiyamamaza imbere y’abaturage ba Rusizi yavuze ko yishimiye ko abaturage bamugejejeho ibibazo bafite birimo ibijyanye n’ubuhinzi akabizeza ko ni bamutora ari benshi agatsinda azabakemurira ibibazo byose bamugejejeho.




Umukandida Dr.Frank Habineza na Madam we bacinya akadiho bishimira ko abaturage baje ari benshi


Abaturage bari baje ari benshi
Umukandida Dr.Frank Habineza yabijeje ko azababa hafi mu bibazo byabo ndetse abashishikariza kuzamutora ndetse abasaba ko babwira n’abandi batabashije kuza ko umukandida azabakemurira ibibazo ari Dr.Frank Habineza ariwe bazatora.Nyuma yo kwiyamamaza habayeho gucinya akatiho ko kwishimira ko gahunda yagenze neza.
2,793 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply