Benteke yasubije umutoza Alan Pardew ko atibye penaliti
— March 9, 2016
Please enter banners and links.

Rutahizamu wa Liverpool Christian Benteke yasubije umutoza Alan Pardew wa Crystal Palace nyuma yo kumwita umujura kubera ko yigushije agatuma ikipe ya Liverpool ihabwa Penaliti ariko camera zikaba zagaragaje ko atigwishije ndetse na Benteke akaba yasubije Alan Pardew ko atari umujura nkuko amwita ahubwo ari rutahizamu ndetse na penaliti yariyo.
Camera zagaragaje umukinnyi ukina mu binyuma mu ikipe ya Crystal Palace witwa Damien Delaney yamukojejeho agatsintsino maze Benteke agwa hasi ageze mu rubuga rw’umuzamu ashaka gutsinda igitego cy’impozamarira cya Liverpool bityo bya mahirwe arakiyibonera kuko byari ku munota wa 96 w’inyongera aho ikipe zombie zari zanganyije igitego kimwe kuri kimwe.
Ikipe ya Liverpool ikunze gutsindwa n’iyi kipe no mu mwaka wa 2014 ubwo ikipe ya Liverpool yahabwaga amahirwe yo gutwara igikombe niyo yayibujije amahirwe kuko Liverpool yari yayitsinze ibitego 3 ariko mu gice cya kabiri irabigomba umukino urangira ari ibitego 3 kuri 3.

Ikipe ya Liverpool ikaba yaherukaga gutsindira ku kibuga cya Crystal Palace mu mwaka wi 1997.
Benteke akaba ariwe wahawe gutera penaliti nkuko ariwe wari uyibonye bityo ayiteramo neza cyane bityo Liverpool iba ibonye intsinzi iyizamura ku mwanya wa 7 ku rutonde aho ihabwa n’amahirwe yo kuza muri 4 za mbere.
Ikipe ya Man City iri kumwanya wa 4 irarusha Liverpool amanota 6 gusa kandi Liverpool ifite umukino itarakina bivuze ko iwutsinze yasigara irushwa amanota 3 gusa na Man City mu gihe habura imikino 9 ngo Shampiyona ya Premier League isoze.
Muhungu John
2,784 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply