Louis Suarez kugaruka ku kibuga cya Liverpool bivuze iki ?
— March 9, 2016
Please enter banners and links.

Umukinnyi w’igihangange Louis Suarez wakiniraga ikipe ya Liverpool akaza kugurishwa Miliyoni 75 za Euro mu ikipe ya Barcelone yagarutse ku kibuga cy’ikipe ya Liverpool aje gusura inshuti ze.
Ibi byemejwe n’umukinnyi ukina inyuma mu ikipe ya Liverpool witwa Mamadou Sakho ko Suarez yasuye ikipe ya Liverpool akaganira n’inshuti ze bakinanye hamwe muri iyi kipe ya Liverpool.
Sakho yagize ati “ni ukuri byari ibyishimo kongera kubona Suarez agaruka Melwood aho ikipe ya Liverpool ikorera imyitozo.

Hari amakuru avuga ko umutoza Jurgen Klopp ashaka guhindura ikipe ya Liverpool iya mbere ku isi akaba ashaka kugura abakinnyi bakomeye ndetse akaba ashaka kugarura uyu mukinnyi dore ko abafana ba Liverpool bamukundaga cyane ndetse n’ubu bakimukunda.
Suarez akaba ariwe wari umaze igihe ufite ibitego byinshi muri La Liga 26 ariko Ronaldo akaba yamuciyeho amurusha igitego kimwe , akaba yaragiye ari we ufite ibitego byinshi muri Shampiyona ya Premier League.
Suarez akaba ahabwa amahirwe yo kuzatwara igihembo cya Ballon D’or.Uku gusura ikipe ya Liverpool birashoboka ko afitanye amabanga n’umutoza wa Liverpool Klopp.
Muhungu John
3,038 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply