Abafana ba Man United baraye mu byishimo nyuma yo gutwara igikombe cya Europa League
— May 24, 2017
Please enter banners and links.

Abafana ba Man United ku Isi hose baraye mu byishimo nyuma y’uko ikipe yabo imaze gutwara igikombe cya Europa League kuri uyu wa 24 Gicurasi 2017 muri Stockholm muri Sweden.
Igitego cya mbere cyatsinzwe n’umukinnyi Paul Pogba bakunda kwita Miliyoni 100 ndetse bavuga ko ari igihombo kuri Man United naho igitego cya 2 gitsindwa na Henrik Mkhitaryan umukinora urangira ari ibitego 2 bya Man United ku busa bwa Ajax.
Impamvu abafana ba Man United bishimye cyane ni uko iyo ikipe yabo idatwara iki gikombe itari kuzakina Champions League umwaka utaha ariko ubwo itwaye iki gikombe izakina muri Champions League kuko niko itegeko rivuga.



Ubundi Champions League ikinwa n’amakipe 4 aba yabaye aya mbere bityo Man United ikaba yari yarangirije ku mwanya wa 6 ndetse uyu mwanya yawumaze igihe kirekire cyane ,iyi kipe Shampiyona itangira abanyamakuru bakomeye ku isi bayihaga amahirwe yo gtwara igikombe cya Shampiyona y’Ubwongereza ariko igitangaje yarangirije ku mwanya wa 6.
Umutoza Jose Mourinho utoza Man United akaba yishimye cyane ariko nanone Imana ibimufashijemo kuko iyo adatwara iki gikombe yari guseba cyane n’ubwo hari bamwe batangiye kuvuga ko agiye muri Champions League anyuze mugikari umuntu w’umugabo koko?watoje amakipe akomeye arimo Real Madrid ,Intermilan ,Chelsea none akaba asigaye anyura mugikari.
Ndayambaje F
2,465 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply