Pogba ntazakina umukino wa Tottenham kubera yapfushije ise
— May 13, 2017
Please enter banners and links.

Umukinnyi wa Man United Paul Pogba ntiyajyanye n’abagenzi be uyu munsi ku mugoroba ubwo buriraga indege berekeza White hart lane aho ku munsi w’ejo bazakina n’ikipe ya Tottenham.
Ubwo abandi bakinnyi buriraga indege kuu uyu wa 13 Gicurasi 2017 berekeza white hart lane we yuriraga indege yerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa agiye gushyingura ise witabye Imana azize uburwayi yaramaranye igihe.

Jose Mourinho bikaba bivugwa ko azakinisha abana kuko imbaraga azishyize kuri Finale ya Europa League kuko Pogba azaba adahari ndetse na Marouane Fellaini akaba atazakina kubera yahagaritswe imikino 3 .
Ndayambaje F
2,605 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply