umu amakuru- Pogba ntazakina umukino wa Tottenham kubera yapfushije ise | Umusingi

Pogba ntazakina umukino wa Tottenham kubera yapfushije ise

Please enter banners and links.

Umukinnyi wa Man United Paul Pogba ntiyajyanye n’abagenzi be uyu munsi ku mugoroba ubwo buriraga indege berekeza White hart lane aho ku munsi w’ejo bazakina n’ikipe ya Tottenham.

Ubwo abandi bakinnyi buriraga indege kuu uyu wa 13 Gicurasi 2017 berekeza white hart lane we yuriraga indege yerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa agiye gushyingura ise witabye Imana azize uburwayi yaramaranye igihe.

Jose Mourinho bikaba bivugwa ko azakinisha abana kuko imbaraga azishyize kuri Finale ya  Europa League kuko Pogba azaba adahari ndetse na Marouane Fellaini akaba atazakina kubera yahagaritswe imikino 3 .

Ndayambaje F

2,605 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.