Umunyamakuru muri Uganda yandikiye Perezida Museveni arega umukuru wa Polisi Gen.IGP Kayihura
— April 29, 2017
Please enter banners and links.

Umunyamakuru ni umuntu ugira ijwi rikomeye kandi rigera kure kandi ryumvwa na buri wese bityo Perezida Museveni akaba agomba kumva ijwi ry’umunyamakuru witwa Ndawula Stanley kubera itotezwa ishyirwaho na polisi n’umukuru wa Polisi Gen.Kale Kayihura.
Uyu munyamakuru nkuko yabyanditse avuga ko itotezwa rituruka ku bucukumbuzi akora ku rupfa rwa Kaweesi na Wilberforce Wamala bapfuye bishwe n’abantu bataramenyekana.
Uyu munyamakuru w’imyaka 45 akaba yandikira ikinyamakuru kitwa www.theinvestigatornews.com aho bandika inkuru zicukumbuye akaba avuga ko ahamagarwa n’abantu bamutera ubwoba ndetse na polisi ikamuhamagara imushyiraho iterabwoba bityo akaba asaba Perezida Museveni ko yamutabara nawe ntiyicwe nkabo avuga mu rwandiko rwe bishwe mu buryo bwamayobera.

Kuki abantu bakunda gusoma no kumva ndetse no kureba ibyo abanyamakuru baba banditse cyangwa bavuze buri munsi ariko ugasanga bashaka kubagirira nabi?gukora itangazamakuru n’icyaha se?
Muhungu John Kampala
3,063 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply