Intambara ikomeye mu rugo kwa Perezida Museven Umuryango we urashaka kumweguza
— April 28, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko ubu Perezida Museveni amerewe nabi n’umuryango we aho bashaka ko yegura kubutegetsi bakishakamo undi umusimbura.Ibi Perezida Museveni akaba atabyikoza kuko we ashaka gukomeza kuyobora.
Mu bashaka kumusimbura harimo umugore we Janet Museveni n’umuhungu we uzamurwa mu ntera inshuro nyinshi kurusha abandi binjiranye nawe mu gisirikare ndetse nabo yasanzemo akaba arimo kubanyuraho kimwe mu birakaza abandi basirikare.
Ikindi nanone ni uko azamurwa cyane bituma bamwe bavuga ko ariwe urimo gutegurwa gusimbura ise Museveni ku mwanya wa Perezida.

umuhungu wa Perezida Museveni Maj.Gen.Muhoozi
N’ubwo bivugwa gutyo amakuru aturuka muri Uganda bamwe bazi neza amakuru yo mu rugo kwa Perezida Museveni baganiriye n’Ikinyamakuru Umusingi ko mu rugo kwa Perezida Museveni ibintu bitameze neza kubera buri umwe ashaka gusimbura Perezida Museveni ku mwanya wa Perezida n’ubwo bavuga ko bashaka kumwuguza kugirango umuryango we utazahura n’ibibazo.
Bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda bivuga ko n’ubwo mu muryango wa Museveni harimo intambara yo kutumvikana uzamusimbura ntiharahamenyekana uzamusimbura hagati ya Janet Museveni n’umuhungu we Maj.Gen.Muhozi Kainarugaba n’ubwo na Museveni atabikozwa.
Uretse no kuvuga ko Perezida Museveni ashaje umuryango ufite impungenge ko umuryango ushobora kuzahura n’ibibazo kuko abantu ntibagikunda ubutegetsi bwa Museveni bakaba bafite impungenge ko bashobora kuzateza ibibazo.
Muhungu John Kampala
2,868 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply