Umurambo w’umugore wasanzwe mu gihuru
— April 17, 2017
Please enter banners and links.

Uyu munsi tariki ya 17 Mata2017 umugore witwa Mukamana Jeannette uri mu kigero cy’imyaka 40 yasanzwe mu gihuru yapfuye mu Murenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, SP Emmanuel Hitayezu, yavuze ko uwo murambo wabonywe n’abaturage.
SP Emmanuel Hitayezu yagize ati “Mu masaha ya saa moya, nibwo abaturage bahamagaye kuri Polisi batanga amakuru ko hari umurambo babonye mu gihuru hafi y’inzira. Polisi rero yagezeyo koko isanga uwo murambo uhari, ari naho wahise ujyanwa kwa muganga mu rwego rw’ipereza.”
Yongeye ati “Hari agakingirizo kahabonetse ndetse hari n’amacupa, bigaragara ko mbere y’uko yicwa, baba babanje bagasangira. Gusa kuba hari agakingirizo ntitwahita tuvuga ko yabanje gukoreshwa imibonano mpuzabitsina. Ibyo biri mu byo turi gukoraho ipereza.”
- Hitayezu akomeza avuga ko nta kimenyetso na kimwe kigaragaza ikintu yaba yicishijwe uretse agakomere gato katashingirwaho, gusa ngo amakuru yose ajyanye n’icyo yaba yazize azatangwa nyuma y’ipereza.
Abagore baribasiwe muri iki gihe kuko no mu minsi ishize hishe undi .
2,630 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply