Yibye ihene kuri Pasika akubitwa bikomeye avuga impamvu yibye.
— April 17, 2017
Please enter banners and links.

Umugabo usanzwe akora akazi ko kubaga ejo ku munsi wa Pasika yafashwe yiba ihene akubitwa inkoni nyinshi hafi kumwica avuga icyatumye yiba .
Ibi byabereye mu Mujyi wa Kampala aho uyu mugabo atamenyekanye amazina ye nyuma yo gufatwa yiba ihene akavuga ko yaragiye kuyibaga akayigurisha kubera inyama zari zabaye nkeya mu mujyi kubera umunsi mukuru wa Pasika.
Umujuru nyuma yo gukubitwa avirirana amaraso mu maso yavuze ko yashakaga no gushyira umugore n’abana nabo bakarya ku nyuma kuri pasika kuko yari yabuze isente (amafaranga)zo kugura inyama ahitamo kujya kwiba ihene y’umuturanyi afatirwayo.
Mu gihugu cya Uganda abaturage iyo bafashe umujura yiruka yijyana kuri polisi mu gihe ahandi mu bindi bihugu biruka bahunga polisi.
Impamvu muri Uganda abajura bahungira kuri polisi ni uko ariho ubuzima bwabo buba bizeye ko ntacyo baba kuko iyo polisi itinze kugera aho umujura afatiwe baramukubita bakamwica ndetse bakamushyiraho n’amapine y’imodoka bagasukaho esanse bakamutwika.
N’ubwo babakubita bakabica cyangwa bakabatwika ntibibuza abiba kwiba kuko mu mujyi wa Kampala haba abajura benshi cyane ibyo kwicwa ntibabitinya.
Muhungu John Kampala
2,835 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply