Umuhanzi Asnah ategereje indirimbo yakoranye na Radio na Wiseal izabemeza ko ari umuhanzi w’umuhanga
— March 15, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka kwa Asnah aravuga ko hari indirimbo nshyashya ategereje igiye gusohoka yakoranye na Radio na Weasel izemeza abantu ko ari umuhanzi w’umuhanga kandi ufite icyerekezo.
Ikinyamakuru Umusingi kikaba cyamaze kumenya ayo makuru n’ubwo banyiri ubwite bari batarabitangaza.
Indirimbo ikaba yitwa Mountain mukinyarwanda ni umusozi ikaba itegenywa gushyirwa kumugaragaro mu cyumweru gitaha.
Ikinyamakuru Umusingi kuri uyu wa gatatu tariki 15 Werurwe 2017 cyabajije nyiri ubwite Asnah niba koko iyo ndirimbo ihari yakoranye n’abahanzi ba bagande Radio na Weasel bakunzwe cyane mu karere ariko ubu amakuru aturuka muri Uganda ni uko bamaze gukene barimo gushakisha amafaranga ngo bangere bakore indirimbo zikunzwe babone ku mafaranga.

Umuhanzi Asnah
Asnah yagize ati “hashize amezi make tuyikoze kubera gahunda z’abakora amashusho sinashoboye kuyibonera igihe ariko ndeteganya kuyishyira kumugaragaro mu cyumweru gitaha hatagize igihinduka”.
Asnah avuga ko ari indirimbo nziza yakoranywe ubuhanga ndetse akaba yizeye ko abafana be n’abakunzi be bagiye kumva no kureba indirimbo nziza cyane.
Bamwe mu bakunze ba Asnah bemeza ko ari umuhanzi w’umuhanga ikibazo ari kimwe gusa atarabobona umufasha mubyamuzika (Manager)naho ubundi yakabaye ageze kurwego mpuzamahanga mu gihe gito dore ko ataramara igihe kirekire atangiye ariko kuba amaze gusohora indirimbo nyinshi kandi zifite amashusho ni kimwe mu bikwereka umuhanzi uzi gukora cyane ndetse w’umuhanga ufite icyerekezo.
Noella
3,137 total views, 1 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply