Umuhanzi utajya yisondeka mu gukundana n’abakobwa beza
— March 11, 2017
Please enter banners and links.

Muri iyi minsi abantu baravuga ko umuhanzi Nshimiyimana Muhamed uzwi ku izina rya Nizo Kaboss wo mu itsinda rya Urban boys ariwe muhanzi utajya wisondeka mu gukundana n’abakobwa beza.
Uyu muhanzi Nizo yabanje gukundana n’umukobwa wari mwiza cyane icyo gihe avugisha abagabo benshi amagambo kubera ubwiza bwe akaba yitwa Sach.
Ikinyamakuru Umusingi cyashatse kuganira n’umuhanzi Nizo kugirango abwire abakunzi be icyo abivugaho kuba bavuga ko atajya yisondeka mu gukundana n’abakobwa beza ariko ntibyadukundiye.


Nizo ari murukundo na Yvette

Uyu Sacha yaje kubyara umwana ariko uteri uwa Nizo n’ubwo hari amakuru avuga ko umwana ari uwa nizo.
Sacha kubera ubwiza bwe yanashyirwaga ku byapa bya mamaza muri imwe muri Sosiyete y’itumanaho ariko nyuma aza kuba umuhanzi ariko nabyo ntibyamuhira akaba ubu byaramunaniye gusohora izindi ndirimbo.


Ubu Nizo Kaboss akaba akundana n’umukobwa witwa Umulisa Yvette bombi bakaba barigaragaje mu itangazamakuru ko bakundana nyabyo.


Sacha



Sacha Kat

Uyu muhanzi bavuga ko mu rukundo yirekura akaba yarahuye n’umukobwa Yvette nawe wirekura n’ubwo abahanzi babagabo bigoye kugira umukunzi umwe.
Noella
4,684 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply