Menya umuhanzi w’umunyarwanda wihindura isura ejo mwahura ukamuyoberwa
— March 11, 2017
Please enter banners and links.

Hari umuhanzi w’umunyarwanda uba hanze witwa Princess Priscillah Umuratwa ubu aba muri America ariko nyuma yo kuva mu Rwanda yarahindutse mu buryo bwose haba muri muzika ye cyangwa isura.
Priscillah yageze muri America arahinduka isura aba inzobe cyane ariko ibyo bishobora kuba ari ikirere cy’abanzu cyashatse nawe kumuhindura isura ye.



Ikindi ni uko umuziki we wateye imbere cyane aho yakoze indirimbo n’abahanzi batandukanye ndetse zigakundwa cyane.Ntacyadutanya yakoranye na The Ben yakunzwe cyane ,Nka paradizo yakoranye na Meddy ,ize ku giti cye harimo icyo mbarusha aha abantu bakaba baracyetse ko yavugaga ko abarusha ubwiza kuko ni mwiza.


Wagirango n’abantu babiri batandukanye

Uyu muhanzi afite n’izindi nyinshi cyane zirimo Na na na ,warandemewe ,Mbabarira n’izindi nyinshi kandi zose zarakunzwe cyane ndetse akaba ariwe mukobwa w’umuhanzi mu Rwanda mwiza ufite ijwi ryiza kandi ukora muzika imaze kugera ku rwego mpuzamahanga.



Ubu asigaye ashyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga nka Facebook na Instagram ariko abantu bakamuyoberwa kuko arihindura ku buryo utamenya ko ariwe.
Nyuma ya The Ben niwe muhanzi uzamuzana Stade izuzura abantu bakabura aho babashyira kubera ko akunzwe cyane kandi akaba aherutse gutangariza Ikinyamakuru Umusingi ko ari mu biganiro ashobora kuza mu Rwanda mu mpera z’uyu mwaka.



Umwe mu bakunzi ba Priscillah yadutangarije ko abona imyambarire ye ariyo kubera ko umuhanzi uba umaze gukomera yambara neza kandi akihindura nkuko abikora kugirango yemeze abantu ko ari umuhanzi .
Murebe amafoto ye atandukanye utamenya ko ari Princess Priscillah.
Noella
2,615 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply