Mama Africa agiye kubazanira igihangange muri muzika Tiwa Savage
— February 13, 2017
Please enter banners and links.

Mama Africa na Future records bafatanije na Future frica bishyize hamwe mu rwego rwo guteza imbere umuziki nyarwanda no kuzamura imideli (Fashon) bityo bakaba bagiye kubazanira igihangange muri Muzika Tiwa Savage.
Tiwa Savage akaba yitezwe I Kigali tariki 4 Werurwe 2017 mu gitaramo kiswe Women achievements Gala.
Mama Africa akaba n’umuyobozi w’ikigo gikora ibijyanye n’imideli mu Rwanda Mama Africa aganira n’Ikinyamakuru Umusingi gikunzwe cyane muri iyi minsi yagize ati “impamvu twahisemo kubitangaza mu itangazamakuru ni uko tumaze kwizera ko azaza byanze bikunze kuko hari ibyo tumaze kugeraho bigaragaza ko azaza kandi abakunzi ba muzika na fashion muzaza mutaramane n’igihangange muri muzika Tiwa Savage”.
Tiwa Savage n’umuhanzi mpuzamahanga ukunzwe cyane kandi w’umuhanga kuba Future Africa na Mama Africa bagiye kumuzana mu Rwanda ni ntambwe ikomeye ndetse bakwiye gushyigikirwa maze umuziki mu Rwanda ugatera imbere ndetse na fashion igatera imbere.
Umwe mu batangiye kumva aya makuru ya Tiwa Savage witwa M Grace Iradukunda yavuze ko Tiwa Savage ari mu bahanzi bakunzwe cyane ndetse akizeza abategura kumuzana ko abantu bazaza ari benshi cyane kubera uburyo uyu muhanzi akunzwe.
Tiwa Savage n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria akaba afite indirimbo nziza cyane harimo iyitwa Africa rising yakoranye na Davido na Diamond akaba yarakoranye na Wizkid indirimbo yakunzwe cyane yitwa Bad .
Mama Africa akaba abasaba kuzaza muri benshi mukamushyigikira ndetse mugateza imbere Fashion na muzika Nyarwanda n’abakunda Tiwa Savage mwese muzaze.
Noella
2,505 total views, 3 views today

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply