Umuherwe Makuza Bertin nyiri ‘Rwanda Foam yapfuye
— November 4, 2016
Please enter banners and links.

Nyuma y’umuherwe Rwabukamba uherutse gupfa mu minsi yavuba undi muherwe ukomeye mu Rwanda, Makuza Bertin, yitabye Imana mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuwa Kane tariki 3 Ugushyingo 2016 azize uburwayi bwatunguranye.
Amakuru yemeza ko uyu musaza w’umunyemari yashiriyemo umwuka mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal ku Kacyiru ahagana mu ma saa sita z’ijoro.
Makuza Bertin yari umwe mu banyemari bazwi cyane mu Rwanda kubw’ibikorwa by’ubucuruzi butandukanye yakoraga birimo uruganda Rwanda Foam rumaze imyaka 30 rukora matola.
Azwi kandi cyane kubw’inyubako M Peace Plaza iherereye mu mujyi wa Kigali hagati yuzuye itwaye akayabo kangana na miliyoni 40 z’amadolari y’Amerika.


Perezida Kagame ubwo yafunguraga inyubako ya Makuza izwi nka M Peace Plaza

Abaherwe nab a Nyakubahwa muri iyi minsi barimo gupfa cyane kurusha indi myaka kuko hamaze gupfa abaherwe 2 barimo Rwabukamba na Makuza Bertin naho ba Nyakubahwa Abadepite hamaze gupfa Mucyo Jean de Dien na Depite Nyandwi kandi mubihe bikurikirana aribyo byatumye abantu bibaza impamvu barimo kwitaba Imana mu bihe bikurikirana.
4,688 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply