Umunyarwanda Kayumba yoherejwe muri gereza kubera Miliyari 10 Shs
— August 19, 2016
Please enter banners and links.

Umunyarwanda w’umucuruzi uba mu gihugu cya Uganda yoherejwe muri gereza ya Luzira azira ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu butemewe.
Ikinyamakuru cyo muri Uganda Daily Monitor cyo Kuwa 18 Kanama 2016 cyanditse kivuga ko uyu mugabo ashinjwa icyaha cyo gucuruza amahembe y’inzovu mu buryo butemewe.
Ikigo kimisoro n’amahoro cyo muri Uganda cyavuze ko cyafashe amahembe 832 apima ibiro bigera kuri 3,000kgs.
Kayumba akaba yarafatiwe ku kibuga cy’indege cya Entebbe kuwa kane w’icyumweru gishize ashinjwa gukora ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu kandi bibujijwe muri East Africana Community.

Emily Kayumba ajyanywe muri gereza ya Luzira
Umucamanza Patricia Amoko yanze ko Kayumba Emily yishingirwa hagatangwa amafaranga aho kumufunga nkuko bigenda muri East Africa uretse mu Rwanda aho iyo ufite amafaranga uyatanga abantu bakakwishingira ko utazatoroka ubutabera ahita amwohereza muri gereza ya Luzira .
Umucamanza Patricia Amoko yavuze ko Kayumba ari umunyamahanga ashobora gutoroka ubutabera kandi iki cyaha Atari ubwa mbere akiregwa kuko no muri 2013 nabwo hafashwe amahembe y’inzovu bikekwa ko nayo yari aya Kayumba.
Ibyaha byarezwe Emily Kayumba byose akaba yabyihakanye akazagaruka imbere y’umucamanza kuwa 25 Kanama 2016.
Muhungu John Kampala
2,741 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply