Umukobwa yihakanye nyine mu rukiko bapfa umugabo ati nakumenyeye mukabari
— August 19, 2016
Please enter banners and links.

Umukobwa yihakanye nyine mu rukiko avuga ko amunaniza umugabo we ati nagusanze mu kabari sinkuzi.
Ibi byavuzwe mu rukiko ubwo aba bombi bari bagaruwe kuburana kubera amafaranga Miliyoni 10 ( 1,000,000/-)
za oseph Mayanja yabahaye ashaka kurongora Resty ariko nyuma bamwima umukobwa yagombaga kurongora akaba umugore we.
Resty Nante ariwe umukobwa wagombaga kurongorwa na Joseph yambwiye umucamanza uyu munsi Kuwa 18 Kanama 2016 ko uwo wiyita nyina witwa Nambatya ntacyo bapfana ahubwo ko nyina yitwa Hariet Nakalyango.
Hashize isaha imwe n’igice ubwo abantu mu rukiko bikanze kumva amagambo umukobwa yihakana nyine maze nyina nawe asa nutaye ubwenge araturika ararira imbere y’umucamanza witwa Tadeo Muyinda.

Nambatya ibumoso naho iburyo ni Resty wihakanye nyina mu rukiko
Nyina yagerageje kwicira umukobwa we ijisho ko ibyo avuze yakwisubiraho akabivuguruza ariko umukobwa amubera ibamba.
Ahubwo umukobwa yakomeje kubwira umucamanza ko uwiyita nyina ari umukozi mugenzi we bahuriye mu kabari kitwa Yogaayoga.
Urubanza bwa mbere mu kuburana aba baregwa bombi babanje kuvuga ko urega batamuzi ariko byahindutse ubwo umwe yemeye ko amuzi ndetse ko yajyaga amuha buri kimwe nk’umugore we.Umukobwa wihakanye nyina yabwiye umucamanza ati njye sindabonaho umugore w’ikigoryi nk’uyu wiyita Mama kuko yahoraga anzanira abagabo kandi mfite uwanjye umpora kumutima ariwe Joseph Mayanja.
Umucamanza amaze kumva ibyo bavuga urubanza yategetse ko ruzasomwa kuri 24.08.2016.
Muhungu John Kampala
3,130 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply