Umukobwa ufite inzara ndende ku isi yaziciye nyuma y’imyaka 30
— April 10, 2021
Please enter banners and links.

Nyuma yo guca agahigo ko kugira inzara ndende ku isi Ayanna Williams yamaze kuzica aka kagahigo akaba yaragishyizeho mu 2017 ariko akaba yarateretse inzara guhera mu 1990. Ayanna Williams mbere yo gukata inzara yari afite muri weekend ishize zareshyaga 24 ft 0.7 inches.
Uyu mukobwa yasuye muganga Dr. Allison Readinger mu bitaro bya Trinity Vista Dermatology muri Fort Worth i Texas wakoresheje amashine ikoresha umuriro w’amashanyarazi kugirango akate inzara yaramaranye imyaka hafi 29.
Abajijwe uko yiyumva nyuma yo gukata inzara ze yagize ati mfite amarangamutima avanze kuba umwana wanjye agiye ariko niteguye gukomeza ubuzima bushya.Yakomeje abwira abantu ati numvaga nzirambiwe igihe cyazo cyari kigeze ko zigenda reka zigende.

3,692 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply