FIBA U18:Ange Kagame yakoze tombola
— July 21, 2016
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa kane taliki 21 Nyakanga 2016 habaye Tombola yabereye muri Marriott Hotel amakipe 12 yagabanijwe mu matsinda abiri, aho uRwanda ruyoboye itsinda rya mbere rutangira ruhura na Gabon kuri uyu wa Gatanu muri Petit Stade Amahoro.
Mu muhango witabiriwe n’abana ba Perezida Kagame barimo Ange Kagame watomboye , Ian Kagame ndetse na Brian Kagame.
Ibihugu 12 byabonye itike yo gukina igikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 kizabera mu Rwanda, byagabanijwe mu matsinda 2 aho buri tsinda rigizwe n’amakipe 6, irya mbere rikayoborwa n’u Rwanda mu gihe Egypt iyoboye irya kabiri.

Ange Kagame


Abari bahagarariye Algeria
Uko amakipe yagabanyijwe mu matsinda
Itsinda A: Rwanda, Zimbabwe, Gabon, Algeria, Mali, Cote d’Ivoire
Itsinda B: Egypt, Tunisia, Benin, Angola, DR Congo, Uganda
Gahunda y’umunsi wa mbere
11h00: DR Congo vs Uganda
13h00: Angola vs Tunisia
15h00: Mali vs DR Congo
17h00: Ibirori byo gutangiza amarushanwa
18h00: Gabon vs Rwanda
20h00: Algeria vs Zimbabwe
Iyi mikino izajya ibera kuri Petit Stade Amahoro kuva Saa yine z’amanywa kugeza saa yine z’ijoro, ikazatangira kuri uyu wa Gatanu taliki ya 22 Nyakanga 2016, kugera taliki ya 31 Nyakanga 2016.
Kwinjira ni amafaranga Magana atanu hejuru naho hasi ni igihumbi gusa.
Gatera Stanley
4,322 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply