Muri Uganda hakenewe Miliyari 97.6 z’amashiringi kugirango amashuri yongere gufungurwa
— August 18, 2020
Please enter banners and links.

Minisiteri y’uburezi yatangaje ko bakeneye Miliyari 97.6 z’amashiringi kugira ngo hafungurwe amashuri n’ibindi bigo by’uburezi mu gihugu hose.
Icyifuzo kijyanye n’ibiciro byo kongera gufungura amashuri cyateguwe n’ishami rishinzwe igenamigambi ry’uburezi n’isesengura rya politiki(EPPA), raporo niyuzura izashyikirizwa Minisiteri ya leta y’uburezi.
Inyandiko yerekana ko Miliyari 97 z’amashiringi zikenewe irasabwa gushyirwa mu bikorwa mu buryo bukoreshwa(SOPs) byuzuye kugirango hategurwe amashuri agomba gufungurwa.
EPPA yavuze ko Minisiteri izakoresha amashiringi Miliyari 1.67 mu gihe SOPs izaba ishyirwa mu bikorwa kandi amashuri akazafungurwa kubagiye gukora ibizamini bya leta abandi bagakomeza kwigira mu rugo.
Inyandiko zigaragaza kandi ko mu gihe leta izaba yongeye gufungura amashuri kubagiye gukora ibizamini bya leta gusa, ahasigaye Miliyari 97 z’amashiringi azakoreshwa mu guteza imbere no gukwirakwiza ibikoresho byo kwiyigisha kubadafite ibizamini bya leta mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazaguma mu rugo.
Amafaranga azakoreshwa mu kugura no gukomeza gukwirakwiza amaradiyo na televiziyo mu ngo zose zifite abana biga akaba ariho bazajya batangira amasomo yabo.
Minisiteri ikomeza ivuga ko azavamo n’ibyumba by’amashuri bisabwa kuri buri shuri kugira ngo byuzuze SOP, imisarani,ameza ndetse n’imishahara ku barimu bose baziyongeraho ndetse n’abaforomo bazajya ku bigo by’amashuri.
Ishimwe Marie Gabriella
2,785 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikigo cya Cleverland TSS Matimba hamenyekanye ibanga bakoresha mugutsindisha abanyeshuri benshi ndetse abaharangije ntibabure akazi
Nyuma y’uko ikigo cya Cleverland TVET gitsindishije abanyeshuri benshi ku rwego rwa mbere mu gihugu ,Ababyeyi barashimira ubuyobozi bw’Ishuri
Iyakaremye Papias amennye amabanga uburyo yakoresheje ubwenge yahawe na RPA/RPF mu kuyobora abanyeshuri(Vedio)
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply