Basanze igiceri 100 mu igi ry’inkoko ritetse birabacanga
— July 31, 2020
Please enter banners and links.

Abantu batuye ku mwaro wa Ggaba mu gihugu cya Uganda babonye ibitangaza nyuma y’uko Inkoko yateye igi bakarisangamo igiceri 100.
Peregiya Namutebi w’imyaka 74 niwe nyiri Nkoko avuga ko Inkoko ye yari imaze gutera amagi 5 bahitamo gutekaho amwe kugirango bayarye ariko bamaze kuyateka bagiye kuyarya rimwe barisangamo igiceri 100.
Abantu batandukanye batangaye cyane uburyo icyo giceri cyagiye muri iryo igi bamwe batangira kuvuga ko Inkoko yakimize hanyuma igitera mu igi abandi nabo bati ntibyashoboka ko Inkoko imira igiceri kikajya mu igi yateye mbese bibabera urujijo.
Namwe muri busome iyi nkuru mutange ibitekerezo byanyu uko mubyumva kuko biragoye kumva uburyo igi risangwamo igiceri 100 wakwibaza uburyo ryagezemo.
2,862 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply