Mu Rwanda habonetse abandi bantu 2 banduye Coronavirus bose bagera 19
— March 22, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi tariki 22 Werurwe 2020 Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko abantu babiri bagaragayeho icyorezo cya Coronavirus, aba biyongereye ku bagera kuri 17 bari baratangajwe muri iyi minsi.
Abatangajwe ni abanyarwanda babiri b’imyaka 32 y’amavuko, bavuye i Dubai ku matariki 19 na 20 Werurwe.

Leta y’u Rwanda yatangaje ingamba zikomeye zirimo ihagarikwa za moto mu gutwara abantu, gufunga utubari n’ibindi bikorwa bitandukanye. Imipaka nayo ihuza u Rwanda n’amahanga yarafunzwe ,ubuzima busa nubutangiye gukomera ku bantu barya ari uko bakoze kubera usanga bahangayikishijwe n’inzara ariko Leta ikaba ivuga ko abo bantu bazabashakira uko babaho batishwe n’inzara.
2,989 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Gahunda igi ry’Umwana na Kundwa kibondo byagabanije imirire mibi mu Bana muri Sovu
Hubatswe ibigo nderabuzima 50 muri Huye na Nyamagabe mu myaka 7 ishize
99% by’akato n’ihezwa ku bafite virusi itera SIDA byarashize muri Koperative Girubuzima Nyange
Mu bantu 15750 bapimwe agakoko gatera SIDA 37 nibo basanganywe ubwandu bushya
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply