Mu Rwanda habonetse abandi bantu 2 banduye Coronavirus bose bagera 19
— March 22, 2020
Please enter banners and links.

Kuri uyu munsi tariki 22 Werurwe 2020 Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko abantu babiri bagaragayeho icyorezo cya Coronavirus, aba biyongereye ku bagera kuri 17 bari baratangajwe muri iyi minsi.
Abatangajwe ni abanyarwanda babiri b’imyaka 32 y’amavuko, bavuye i Dubai ku matariki 19 na 20 Werurwe.

Leta y’u Rwanda yatangaje ingamba zikomeye zirimo ihagarikwa za moto mu gutwara abantu, gufunga utubari n’ibindi bikorwa bitandukanye. Imipaka nayo ihuza u Rwanda n’amahanga yarafunzwe ,ubuzima busa nubutangiye gukomera ku bantu barya ari uko bakoze kubera usanga bahangayikishijwe n’inzara ariko Leta ikaba ivuga ko abo bantu bazabashakira uko babaho batishwe n’inzara.
2,945 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Gahunda igi ry’Umwana na Kundwa kibondo byagabanije imirire mibi mu Bana muri Sovu
Hubatswe ibigo nderabuzima 50 muri Huye na Nyamagabe mu myaka 7 ishize
99% by’akato n’ihezwa ku bafite virusi itera SIDA byarashize muri Koperative Girubuzima Nyange
Mu bantu 15750 bapimwe agakoko gatera SIDA 37 nibo basanganywe ubwandu bushya
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply