Arsenal izakira Liverpool ku munsi wa 2 wa Shampiyona y’Ubwongereza
— July 7, 2016
Please enter banners and links.

Abakunzi ba Shampiyona y’Ubwongereza bagiye kongera kuryoherwa no kureba umupira iryohera ijisho ukinirwa muri Shampiyona y’Ubwongereza Premier League.
Iri rushanwa rizatangira taliki 13 Nyakanga 2016 ku isaha ya saa sita n’igice nibwo umukino wa mbere uzabanziriza iyindi yose uzakinwa ubwo ikipe ya Hull City izakira Leicester City.
Undi mukino uzakurikiraho nyuma y;uyu hazakinwa umukino uzahuza Manchester City izakira ku kibuga cyayo ikipe ya Sunderland.Sunderland n’ikipe ikunda kugora ikipe ya Man City .
Ku munsi wok u cyumweru taliki 14 Nyakanga 2016 hazaba imikino ikomeye uzabanza ku isaha ya saa saba n’igice harimo ikipe ya AFC Bournemouth izakira ku kibuga cyayo ikipe ya Manchester United.

Ikipe ya AFC Bournemouth ikaba nayo ikunda kugora ikipe ya Man United ndetse ikaba yarayitsinze umukino ziheruka gukina wa Shampiyona yashize.Kuri uwo munsi hazaba undi mukino ukomeye abantu bategereje ari benshi cyane aho ikipe ya Arsenal izakira ikipe ya Liverpool ku isaha ya saa kumi .
Aya makipe yombi iyo ahuye ahuruza abantu benshi kureba iributsinde indi kuko zihora zihanganye ndetse iyo zihuye zikina umukino iryoheye ijisho kureba ndetse akenshi zikunze kunganya.
Uyu mwaka izi kipe zombi zimaze kugura abakinnyi bakomeye ariko Liverpool ikaba yaraguze umukinnyi amakipe menshi yashakaga witwa Saido Mane kuri Miliyoni 30 z’Amapawundi.Arsenal nayo akaba yaramaze kugura akuma Asano hamwe na Granit Xhaka.
http://www.mirror.co.uk/sport/football/news/premier-league-tv-fixtures-announced-8367457
Ndayambaje F
2,834 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply