Rayon Sports yanyagiye Kalisimbi FC yo muri RDC,Arsenal itsindwa na Chelsea naho Liverpool ikomeza gusatira gutwara igikombe
— December 29, 2019
Please enter banners and links.

Rayon Sports yatsinze Kalisimbi FC yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibitego 4-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri iki Cyumweru.
Arsenal yo mu Bwongereza yamamaza Visit Rwanda nayo kuri iki cyumweru tariki 29 Ukuboza 2019 yatsinzwe na Chelsea ibitego 2 kuri 1.

Mu yindi mikino yabaye ikipe ya Liverpool yakomeje gusatira gutwara igikombe cya Shampiyona iheruka nyuma y’imyaka 30 aho yatsindaga ikipe ya Wolves ikunda kugora amakipe akomeye dore ko iherutse gutsinda Man City ibitego 3 kuri 2,Liverpool ikaba yayitsinze igitego kimwe cyatsinzwe na Sadio Mane.

Ikipe ya Rayon Sports

Ikipe ya Kalisimbi FC

Man City nayo itsinze Sheffield United ibitego 2 ikomeza umwanya wa 3 ariko Liverpool ikaba iyirusha amanota 14 mu gihe irusha iya 2 ariyo Leicester City amanota 13 kandi Liverpool ifite ikirarane bivuze ko n’itsinda ikirarane izarusha iya 2 amanota 16 yose.
Birashoboka ko Liverpool ishobora kuzarusha iya 2 amanota arenga 20 kuko kugeza ubu nta mukino n’umwe iratsindwa mu mikino 19 imaze gukina ndetse ikaba yaranganyije umukino umwe gusa.
Ndayambaje F
3,110 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply