Miss Teta Sandra arifuza umusore wamwibagiza Derek
— June 28, 2016
Please enter banners and links.

Miss Teta Sandra wahoze akundana na Derek ubarizwa mu itsinda rya Active, yatangaje ko yifuza umusore utajenjetse ushobora ku mwibagiza Derek. Teta avuga ko yifuza umusore ukwiye azemerera bagakundana bizira uburyarya.
Ubwo yaganiraga n’Imvaho Nshya, dukesha iyi nkuru Teta Sandra yavuze ko aramutse abonye umukunzi wujuje ibyo ashaka yamwakira na yombi. Yagize ati :“Mu gihe gikwiye habonetse umuntu ukwiye namwakira tugakundana rwose nta kibazo”. Uyu mukobwa ukunze gutegura ibirori muri Kigali, avuga ko amenyereye ubuzima bwo kubaho wenyine.Yagize ati “Ntacyo mbaye ndi umuntu ukuze bihagije maze kubimenyera”.
Teta Sandra na Derek batandukanye nyuma y’uko Olivis uririmbana na Derek, na we yari amaze kwangwa na Uwase Raissa Vanessa wamwise umwana mu rukundo, ibi byahaye umwanya Derek ajya kuri instagram ye yandikaho ati:’Single Again.”

Price Kid ari kumwe na Teta bagikundana
Miss Teta yari aherutse kuvuga ko kugeza ubu ataramenya icyatumye Derek afata umwanzuro wo kumwanga cyane ko nta kibi azi yigeze amukorera.
Yagize ati “Ntabwo nzi impamvu Derek yafashe umwanzuro wo gutandukana nanjye kuko njye mpamya ko nta kosa namukoreye”.
Miss Tete Sandra akaba ari umukobwa unyuze mu buzima butoroshye cyane cyane mu rukundo ntibyakunze kumuhira kuko yabanje gukunda na Price Kid wateguraga igikorwa cyo gutoresha Miss Rwanda .

Miss Teta Sandra akaba yarakundanye na Derek nyuma yo gutandukana na Price Kid none nawe baratandukanye aho inshuti ze zivuga ko anyuze mu buzima bugoranye nk’umukobwa kandi mwiza.
N’ubwo ubona ari umukobwa mwiza ukiri muto ugerageza cyane gushakisha ubuzima akwiye umusore nawe uzi gushakisha ariko akanamukunda bikabafasha kubaho neza ,ibi bikaba byatangajwe n’umwe mu nshuti za Miss Teta Sandra.


Uyu mukobwa yigeze gufungwaho azira sheke zitazigamiye byavugwaga ko yafungishijwe n’umuherwe Nkusi Godfrey uzwi cyane muri uyu mujyi wa Kigali bityo uyu mukobwa akaba akwiye umusore muzima nkuko abyivugira .
Ese azamubona nyuma y’ibi byose bimuvugwaho?Amwe mu magambo twongeyemo ntago iyi nkuru ikiri umwimerere w’Imvaho nshya .
Noella
4,047 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
HARACYARI URUJIJO KU ITABWAMURI YOMBI RYA MUTONIWASE KABATAYI NDETSE NAHO YEREKEJWE
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
Ibibazo bizagorana kubona ibisubizo mu rupfu rw’umukobwa Martha hafashe abasore 2 babanyarwanda(Vedio)
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply