Abafana basabye Zari gushaka umugabo nyuma yo kumubona aryamye wenyine yambaye ubusa mu gitanda kinini
— October 25, 2019
Please enter banners and links.

Zari n’umugore uzwi ku isi yose ,umuntu yavuga ko yamenyekanye nk’umugore w’umukire ndetse umunyabirori ,ukundanye n’abasitari ,Abahanzi no kurya ubuzima ,kuvugwa mu itangazamakuru n’ibindi nk’ibyo.
Zari nyuma yo gutandukana n’umuhanzi ukomeye muri Afurika Diamond Platnumz wo muri Tanzania yajyaga abeshya abafana be cyangwa abakunzi be afata ifoto y’umugabo ariko ntamwerekane amaso ye akerekana igice avuga ko ari mu rukundo ndetse ntavuge amazina ye.
Aherutse kwifotoza yambaye ubusa ari mu buriri wenyine arangije yandika mu cyongereza ngo The weekend is here ,time to get naked ,get in bed and stay there.

Zari

Abafana be bamaze kubona ifoto ye ari mu gitanda kinini bavuga ko kingana n’ikibuga cy’umupira w’amaguru ko akwiye gushaka umugabo akava mu kwiraza dore ko ngo iyo myaka agezemo adakwiye kuba ari wenyine dore ko yari amenyereye kurarana n’abagabo kuko yabanje gushakana na Ivan Ssemwanga ,akurikizaho Diamond Platnumz ,ubu hagezweho umuhanzi wo mu Rwanda The Ben ariko we ntibarabana ariko abandi barabanaga nk’umugore n’umugabo bityo abafana bakaba bamusaba ko ashaka umugabo.
4,911 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply