Umuhanzi Rema wahoze ari umugore wa Kenzo uherutse gutwarwa n’undi mugabo yatangaje amafaranga agiye gukoresha mu bukwe bwe bitangaza benshi
— September 10, 2019
Please enter banners and links.

Ubu amakuru avugwa cyane muri Uganda n’amakuru y’umuhanzi Rema Namakura wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo uherutse gutwarwa n’undi mugabo w’umuganga Dr.Hamza Ssebunya .
Rema biravugwa ko ateganya gutwara umugabo we mushya kumwerekana mu babyeyi be ,uwo muhango ukaba uteganijwe gutwara amafaranga Miliyoni 200.
Umuhango wo kujyana umugabo we kumwereka ababyeyi be utaganijwe kuba tariki ya 14 ukwezi kwa 11 -2019.
Nkuko bivugwa na Hajji Isa Musoke ushinzwe ibijyanye n’ubukwe bwa Rema yavuze ko hateganijwe gukoreshwa Miliyoni 200 ariko zishobora kwiyongera cyangwa zikagabanuka.
Hajji Musoke yavuze ko hari amatsinda yagabanijwemo ibyo agomba gukora abashinzwe gushimisha abashyitsi bagomba kumenya ayo bazakoresha ,abashinzwe imyambarire ya Rema nabo bagomba kumenya amafaranga bakeneye ndetse n’abashinzwe ibyo kurya no kunywa n’abashinzwe imitako(Decaration) aho ibirore bizabera.


Ubu Rema ari mu gihugu cya Turkey aho azava yerekeza mu gihugu cy’uBuhinde aho ari kugura ibyo azambara umunsi w’ubukwe bwe.
Inshuti za Eddy Kenzo nyuma yo kumva amafaranga Rema wahoze ari umugore we agiye gukoresha mu bukwe byabatangaje batangira kongorerana ko ari ugushaka kwereka Kenzo ko aho agiye ifaranga rihari ndetse n’umwana we azabaho neza.
Twabibutsa ko Rema yari umugore wa Eddy Kenzo bombi bakaba ari abahanzi bakomeye muri Uganda ariko bikaba byaravuzwe cyane mu binyamakuru ko aba bombi batakibana bashwanye ariko bo ntibabyemere kugeza ubwo bigiye kumugaragaro.
Noella
6,300 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply