Impanuka y’ikamyo yishe umukobwa wari ukirangiza kwiga Makerere
— June 21, 2016
Please enter banners and links.

Doreen Tashobya yishwe n’impanuka y’ikamyo ,umukobwa wa Rosemary Tumusiime umudepite mu gihugu cya Uganda ahitwa Entebbe .
Uyu mukobwa nibwo yari akirangiza kwiga amashuri y’isumbuye muri kaminuza ya Makerere muri Uganda .
Ikamyo yamugonze ari kuri moto atwawe n’umukozi w’iwabo witwa Patrick Busingye bose bakaba bitabye Imana uyu munsi taliki 21 Kamena 2016.
Frank Gashumba uzwi cyane kunenga ubutegetsi bwa Perezida Museveni ku rubuga rwe rwa facebook yanditse n’agahinda kenshi ku rupfu rw’umukobwa ukiri muto cyane wari urangije kwiga amashuri ye yisumbuye atangiye kugira ubuzima bwiza ,atangiye gufata ku mafaranga ,ashaka kugira urugo n’umuryango ko abantu badakwiye kwandika byinshi ko Doreen yapfuye ahubwo yasabye ko bakwiye guhaguruka bagasaba Leta ya Uganda igakora imihanda.


Uwo ni nyina bari kumwe



Gashumba yagize ati “nta mihanda y’imodoka nini ihari ndetse n’imodoka zingobokagutabara nta mihanda yazo ihari kandi ibi byose biteza impanuka zimaze guhitana ubuzima bwa benshi,ni ryari tuzamenya ibyo dukwiye kubona nk’abene gihugu”.
Ku mbuga zitandukanye zaba Facebook ,Twitter na Whatsap ubu inkuru ya Doreen niyo irimo gucicikana kubera akababaro abantu bafite kubura umwana ukiri muto cyane wari ugejeje igihe cyiza cyo kugira ubuzima bwiza kuri iyi none Imana ikaba imuhamagaye.Doreen Imana ikwakire mu bayo.
Muhungu John Kampala
3,379 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply