Impanuka ikomeye cyane y’ikamyo yishe abantu ku buryo buteye ubwoba
— June 10, 2016
Please enter banners and links.

Ahagana saa yine n’igice z’igitondo kuri uyu wa gatanu ikamyo yari ipakiye ibitaka iturutse ruguru nko mu Bugesera yageze Kicukiro – Centre icika feri maze umushoferi agerageza kuyishyira ku ruhande ariko agonga abantu benshi bamwe bari mu modoka, moto, n’abagenzaga amaguru, kugeza ubu umubare w’abapfuye biravugwa ko ari 7.
Umwe mu baturage batabaye mbere yabwiye itangazamakuru ko yabonye abantu barindwi bapfuye n’inkomere nyinshi.
Ibi byaje kwemezwa Umuvugizi wa Polisi, ishami ryo mu muhanda, SP Jean Marie Vianney Ndushabandi ko hapfuye 7 ndetse avuga ko iyo mpanuka yatewe n’ikamyo yabuze feri ikagonga abantu ku Kicukiro Centre .





Undi muturage yagize ati “ibaze nawe ikamyo yabuze feri ukuntu iba igenda kandi noneho hari ku kamanuka yiruka cyane igenda igonga abo isanze ,bapfuye nabi kabisa ariko Imana ibakire mubayo kandi n’imiryango yabo yihangane twese turi abagenzi kuri iyi si”.Yari amaraso gusa ndetse n’amto yagonze zari mu muhanda hagati yazishwanyaguje .
2,831 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply