umu amakuru-  Impanuka ikomeye cyane y’ikamyo yishe abantu ku buryo buteye ubwoba | Umusingi

DSC_0002  Impanuka ikomeye cyane y’ikamyo yishe abantu ku buryo buteye ubwoba

Please enter banners and links.

DSC_0002

 

Ahagana saa yine n’igice z’igitondo kuri uyu wa gatanu ikamyo yari ipakiye ibitaka iturutse ruguru nko mu Bugesera yageze Kicukiro – Centre  icika feri maze umushoferi agerageza kuyishyira ku ruhande ariko agonga abantu benshi bamwe bari mu modoka, moto, n’abagenzaga amaguru, kugeza ubu umubare w’abapfuye biravugwa ko ari 7.

Umwe mu baturage batabaye mbere yabwiye itangazamakuru  ko yabonye abantu barindwi bapfuye n’inkomere nyinshi.

Ibi byaje kwemezwa Umuvugizi wa Polisi, ishami ryo mu muhanda, SP Jean Marie Vianney Ndushabandi ko hapfuye 7 ndetse avuga ko iyo mpanuka yatewe n’ikamyo yabuze feri ikagonga abantu ku Kicukiro Centre .

13343127_10153484283776216_2570674028325223294_n

13407002_10153484284376216_6169854959915167902_n

birakaze

bb-20

Ifoto-yuwarebaga-ahabereye-impanuka-ari-mu-nzu-hejuru

Undi muturage yagize ati “ibaze nawe ikamyo yabuze feri ukuntu iba igenda kandi noneho hari ku kamanuka yiruka cyane igenda igonga abo isanze ,bapfuye nabi kabisa ariko Imana ibakire mubayo kandi n’imiryango yabo yihangane twese turi abagenzi kuri iyi si”.Yari amaraso gusa ndetse n’amto yagonze zari mu muhanda hagati yazishwanyaguje .

2,795 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.