Umukobwa w’imyaka 24 yabyimbye ukuguru guhera 2016 arasaba ubufasha kuko arembye
— February 28, 2019
Please enter banners and links.

Abaturage batuye Nabbaale mu Murenge wa Banda mu Karere ka Mityana mu gihugu cya Uganda bakoze inama idasanzwe kugirango bafashe umukobwa witwa Sikolasitiika Nakiberu wabyimbye ukuguru guhera mu mwaka wa 2016.
Inama yabereye mu rugo rwa Elevania Byekwaaso iyobowe n’umuyobozi w’Umurenge witwa Badru Katumba wasabye abaturage bose n’abandi bantu bose aho bari ku isi gutabara uwo mwana akabona uko ajya kwa muganga kwivuza kuko amaranye ububabare igihe kirekire yarabyimbye ukuguru kandi batazi icyatumye kubyimba.
Bashyizeho na nimero ya Telephone uwagira ubufasha ashaka gutanga ko arizo yakwifashisha ubufasha bukabageraho ,izo nimero zikaba ari izi zikurikira +256782138964 na +256751331932.

4,541 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Gahunda igi ry’Umwana na Kundwa kibondo byagabanije imirire mibi mu Bana muri Sovu
Hubatswe ibigo nderabuzima 50 muri Huye na Nyamagabe mu myaka 7 ishize
99% by’akato n’ihezwa ku bafite virusi itera SIDA byarashize muri Koperative Girubuzima Nyange
Mu bantu 15750 bapimwe agakoko gatera SIDA 37 nibo basanganywe ubwandu bushya
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply