Teta Mugabo niwe wanyuma usezerewe muri Boot camp ya Miss Rwanda 2019 habura iminsi 2 ikamba rigatangwa-AMAFOTO
— January 24, 2019
Please enter banners and links.

Umukobwa witwa Teta Mugabo niwe wanyuma wasezerewe muri Boot camp mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019.
Abaye uwa Gatanu usezerewe mu mwiherero, bivuze ko hasigaye abakobwa 15 ari nabo bazahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2019 mu birori bikomeye bizaba tariki 26 Mutarama 2019.
Kuri uyu wa kane tariki 24 Mutarama 2019, wari umunsi wa nyuma wo gukura umukobwa mu irushanwa rya Miss Rwanda aho uwitwa Teta Mugabo ariwe wasezerewe muri Miss Rwanda. Teta Mugabo Ange Nicole yari afite nimero 23 ahanganye na Inyumba Charlotte ufite 33. Ni ku nshuro ya kabiri Charlotte aza muri ‘probatition’ akaba gusigara mu irushanwa rya Miss Rwanda.




Dr.Jeanne Pierre, Umuganga mu bitaro bya Nyamata niwe wifashishije mu gukemura impaka.

Abakobwa batanu bakomeje biturutse ku majwi ya SMS ni: Top 1. Mwiseneza Josiane (71,241) 2. Ricca Michealla Kabahenda (68,532) 3. Bayera Nisha Keza (57,866) 4. Niyonsaba Josiane (43,243) 5. Uwicyeza Pamella (42,579).
5,705 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply