Amakuru ababaje:Pasiteri Yiga nyiri rusengero Augustine Church Kawaala na Televiziyo NBS yitabye Imana muri Afurika y’Epfo
— January 25, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru arimo kuvugwa ababaje mu gihugu cya Uganda ni urupfu rwa Pasiteri Yiga Mbizayo nyiri rusengero rwa Augustine Church Kawaala yitabye Imana ari mu gihugu cya Afurika y’Epfo.
Amakuru aravuga ko yapfiriye mu ntebe muri salon mu nzu aho yararaga ariko bikaba bivugwa ko amaze iminsi afite ibibazo nyuma y’ukumwiba amafaranga agera kuri Miliyoni 500.
Ibinyamakuru nka Bukedde cyo muri Uganda cyanditse inkuru ko inzu ye yayigurishije uwayiguze arayisenya atangira kubakaho inzu ya etaje.
Amakuru akaba avuga ko urusengero rwe yarusigiye umuhungu we naho Televiziyo ye ya NBS akaba yarayisigiye uwamugirije amafaranga akananirwa kuyishyura aho bivugwa ko yayimuhaye kugirango akuremo aye mu gihe cy’imyaka 5.


Pasiteri Yiga aryamye mu ntebe bivugwa ko basanze yapfuye
Amakuru akomeza avuga ko Pasiteri Yiga yabeshywe n’umupasiteri mugenzi we w’inshuti ye amubwira ko ashaka Miliyoni 500 kugirango batangize urusengero na Televiziyo mu gihugu cya Afurika y’Epfo arazishaka arazitanga urusengero bararutangira ariko Televiziyo yo kurwamamaza akababaza amafaranga yabahaye ko harimo na Televiziyo ahubwo bamusaba andi ngo kugirago bicemo neza agomba gutanga andi mafaranga.Turacyakurikirana urupfu rwa Pasieri Yiga .
6,090 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply