Amakuru ababaje:Pasiteri Yiga nyiri rusengero Augustine Church Kawaala na Televiziyo NBS yitabye Imana muri Afurika y’Epfo
— January 25, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru arimo kuvugwa ababaje mu gihugu cya Uganda ni urupfu rwa Pasiteri Yiga Mbizayo nyiri rusengero rwa Augustine Church Kawaala yitabye Imana ari mu gihugu cya Afurika y’Epfo.
Amakuru aravuga ko yapfiriye mu ntebe muri salon mu nzu aho yararaga ariko bikaba bivugwa ko amaze iminsi afite ibibazo nyuma y’ukumwiba amafaranga agera kuri Miliyoni 500.
Ibinyamakuru nka Bukedde cyo muri Uganda cyanditse inkuru ko inzu ye yayigurishije uwayiguze arayisenya atangira kubakaho inzu ya etaje.
Amakuru akaba avuga ko urusengero rwe yarusigiye umuhungu we naho Televiziyo ye ya NBS akaba yarayisigiye uwamugirije amafaranga akananirwa kuyishyura aho bivugwa ko yayimuhaye kugirango akuremo aye mu gihe cy’imyaka 5.


Pasiteri Yiga aryamye mu ntebe bivugwa ko basanze yapfuye
Amakuru akomeza avuga ko Pasiteri Yiga yabeshywe n’umupasiteri mugenzi we w’inshuti ye amubwira ko ashaka Miliyoni 500 kugirango batangize urusengero na Televiziyo mu gihugu cya Afurika y’Epfo arazishaka arazitanga urusengero bararutangira ariko Televiziyo yo kurwamamaza akababaza amafaranga yabahaye ko harimo na Televiziyo ahubwo bamusaba andi ngo kugirago bicemo neza agomba gutanga andi mafaranga.Turacyakurikirana urupfu rwa Pasieri Yiga .
6,052 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
WHO IS THE CEO STANLEY GATERA?
Leave a reply