Amafoto ya Perezida Museveni aragiye inka ze yavugishije benshi ko nava kubutegetsi azajya kuragira
— January 5, 2019
Please enter banners and links.

Guhera umunsi w’ejo tariki ya 4 Mutarama 2019 hagaragaye amafoto ya Perezida Museveni aragiye inka ze avugisha benshi ko nava kubutegetsi dore ko ashaje azajya kuragira inka ze akaba arimo kwimenyereza.
Mu gihugu cya Uganda bakoresha imbugankoranyambaga cyane ku buryo akantu kose kabaye bashyira amafoto cyangwa bakandi kuri Facebook n’ahandi nko kuri twitter n’ahandi hatandukanye bagatangira kubiganiraho.
Bamwe batangiye kuvuga ko arimo kwitegura uko azaragira inka ze aramutse akuwe kubutegetsi kuko amerewe nabi muri iyi minsi n’umugab w’umuhanzi Bobi Wine wa People Power .





Perezida Museveni mbere y’ejo nabwo yagaragaye yitwaye mu modoka mu ifamu y’inka ze bivugwa ko ari mukiruhuka cy’akazi aho yari yagiye mu ifamu y’inka ze Gisozi.
Amakuru agera ku kinyamakuru Umusingi aturutse mu bantu baturanye na Perezida Museveni ni uko uyu mugabo afite ifamu y’inka nini cyane ushobora kugenda umunsi ukira utarayirangiza ,akagira urutoki runini cyane ku buryo imodoka zitwara amata y’inka ze uhuye nazo ushobora gucyeka ko ari izitwara amata ya Mbarara yose kandi ari we wenyine kandi n’izitwara ibitoki mu Mujyi wa Kampala ni uko ku buryo yinjiza amafaranga menshi cyane.
7,093 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply